Ni yo kipe y’abatarabigize umwuga yitabiriye Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Amerika. Ihagarariye Umugabane wa Océanie.
Bluetooth ikomora izina ku mwami wa Denmark, King Harald “Bluetooth” Gormsson kubera uruhare rwe mu kunga abantu
Mu bihe by’impeshyi uburebure bw’umunara wa Eiffel mu Bufaransa buriyongera
Indimu zifitemo isukari nyinshi kurusha inkeri
Turi ku wa 06 Nyakanga 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wo gusomana. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1947: Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete zatangiye gukora ku bwinshi imbunda za AK-47 zaje kuba zimwe mu zikoreshwa cyane ku Isi. 1964: Malawi yabonye ubwigenge iva mu maboko y’u Bwongereza. 1998: Hatashywe Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Hong Kong, gisimbura icya Kai Tak. 2013: Abantu 42 biganjemo abanyeshuri bishwe n’inyeshyamba za Boko Haram muri Nigeria. Mu muziki 2007: Britney Spears yasabye imbabazi nyuma y’igihe cyari gishize asagariye imodoka ya gafotozi ashaka kuyimenesha umutaka. Abavutse 1946: Havutse George W. Bush, wabaye perezida wa 43 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. 1975: Havutse 50 Cent wubatse ibigwi mu njyana ya Hip Hop no mu gukina filimi. Abapfuye 2024: Ahoyikuye Jean Paul Mukonya wamenyekanye mu Ikipe ya AS Kigali yitabye Imana aguye mu kibuga. 2025: Nsengiyumva Bernard wanditse amateka mu mukino wo gusiganwa ku magare akegukana Tour du Rwanda yo mu 2001, yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi.
Turi ku wa 06 Nyakanga 2026.
Ni Umunsi Mpuzamahanga wo gusomana.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1947: Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete zatangiye gukora ku bwinshi imbunda za AK-47 zaje kuba zimwe mu zikoreshwa cyane ku Isi.
1964: Malawi yabonye ubwigenge iva mu maboko y’u Bwongereza.
1998: Hatashywe Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Hong Kong, gisimbura icya Kai Tak.
2013: Abantu 42 biganjemo abanyeshuri bishwe n’inyeshyamba za Boko Haram muri Nigeria.
Mu muziki
2007: Britney Spears yasabye imbabazi nyuma y’igihe cyari gishize asagariye imodoka ya gafotozi ashaka kuyimenesha umutaka.
Abavutse
1946: Havutse George W. Bush, wabaye perezida wa 43 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
1975: Havutse 50 Cent wubatse ibigwi mu njyana ya Hip Hop no mu gukina filimi.
Abapfuye
2024: Ahoyikuye Jean Paul Mukonya wamenyekanye mu Ikipe ya AS Kigali yitabye Imana aguye mu kibuga.
2025: Nsengiyumva Bernard wanditse amateka mu mukino wo gusiganwa ku magare akegukana Tour du Rwanda yo mu 2001, yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi.
Facebook