Eric Senderi, umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo z’icyunamo, nyuma akaza kwibanda ku ndirimbo z’amakipe y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda mbere yo kuyoboka indirimbo ziganisha ku rukundo rwa babiri, kuri ubu ari gusaba urukiko ko ku mazina asanzwe yitwa hakiyongeraho mu buryo bwemewe n’amategeko amashya, ariyo "International Hit".
Aganira na IGIHE, Senderi yagize ati: “ Njye impamvu yatumye ntanga mu rukiko izina maze iminsi nitwa International Hit, ni uko maze kubona ko hari ikintu (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinafrobeat
newinafrobeat
Articles
-
Senderi yagannye iy’urukiko asaba kwitwa amazina mashya
18 April 2013, by Rutaganda Joel -
Uyu mwaka ngomba kuba umwami wa Afro-beat nk’uko byahoze.
25 October 2012, by SilouNyuma y’uko amenyekanye mu njyana ya Afro-beat akanegukana ibihembo bitandukanye na Salax awards nk’umwami w’iyo njyana ariko umwaka ushize ugasiga asa n’uwaretse muzika kuko atari akivugwa cyane cyangwa ngo asohore indirimbo nyinshi, Kitoko aremeza ko muri uyu mwaka agomba kwigarurira Abanyarwanda bakunda muzika ya Afro beat.
Ubwo twaganiraga na Kitoko yagize ati : “Muri uyu mwaka banyitege, kuko ndi gukorana imbaraga nyinshi kuko, abantu muri iki gihe bakeka ko nta ngufu ngishyira muri (…) -
Indirimbo "Kanda amazi" yateje umwiryane hagati ya Sam na Clement
19 May 2013, by Rutaganda JoelMu gihe muri iki cyumweru hari hamaze gushyirwa hanze indirimbo yitwa "Kanda amazi" yakozwe n’abahanzi babarizwa muri label ya Kina Music, iyo ndirimbo ikaba yarakozwe na na Producer Clement ari nawe uhagaririye Kina Music, kuri uyu wa gatandatu mu kiganiro Star Forum haje gutangazwa ko iyo ndirimbo yaba yaribwe abandi bahanzi bitwa "Two 4 Real".
Producer Sam Lion wo muri studio yitwa "The beat" nk’uko yabitangaje mu kiganiro Star Forum kuri Radio Voice of afrika yagize ati,: "Nakoze (…) -
Bahati wo muri Just Family yari ahiriye mu nzu
19 November 2012, by Dean IrakBahati uririmba mu itsinda rya Just Family yari agiye guhira mu nzu zo mu gipangu yabagamo ubwo zakongokaga mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Ugushyingo 2012.
Aganira na IGIHE, Bahati yavuze ko iyi nkongi yatewe n’ikoranaho ry’intsinga z’umuriro w’amashanyarazi. Yavuze ko hari mu ma saa tanu z’ijoro (11:00 PM), ubwo barebaga filime mu nzu ya nyir’urupangu (nayo yahiye).
Yagize ati “Igipangu cyahiye, byagiye bishya bikurikiranye cyane, ni inzu ifite imiryango ine yose yahiye.” (…) -
MC Tino yashyize ahagaragara izina ry’umushyushya rugamba akunda mu Rwanda
11 March 2013, by M. M.Martin Kasirye bita M C Tino usanzwe akora kuri KFM, kuri ubu yaba yareruye agatangaza izina ry’umushyushya rugamba yemera hano mu Rwanda, dore ko ubusanzwe usanga nta muhanzi cyangwa umuntu wese w’umu star atajya apfa kwerura ngo avuge ko yemera mugenzi we.
Nkurunziza Kate Gustave Tino ukorera Radio 10 mu kiganiro 10 Superstar,niwe washyizwe ahagaragara na MC Tino ko amwemera ku kazi bahuje ko kuba abashyushya rugamba.
Tino yagize ati”Mc Kate Gustave nkunda uburyo yicisha bugufi mu (…) -
Uncle Austin arikoma abafungisha abacuruza ibihangano bye
22 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Uncle Austin ukora injyana ya Afrobeat, arikoma abantu yumva hirya no hino mu Rwanda bagenda bafungisha cyangwa bagaca amafaranga abacuruza indirimbo ze kandi ntawe yabisabye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, Uncle Austin uri kwitegura kumurika album ye ya kabiri yise "Uteye ubusambo", yagaragaje ko ababajwe no kumva hari abantu bafungirwa kuba bacuruza ibihangano bye, kandi nta muntu arabuza kubigeza ku bakunzi be aho bava bakagera, dore ko ari bo akorera umuziki nta kindi. (…)
-
Bac-T yahagaritse kuririmba mu njyana ya Hip-Hop
27 May 2013, by Dean IrakUmuraperi Bac-T wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘More Fire’ aratangaza ko nyuma yo gukora umuziki imyaka igera kuri 16 mu njyana ya Hip-Hop ariko akabona nta musaruro bimuha, ubu yahisemo kuyihagarika agatangira gukora mu njyana ya Dancehall.
Aganira na IGIHE, Bac-T yavuze ko yongeraho ko guhitamo injyana ya Dancehall ari uko yiyumvamo ubushobozi buhagije bwo kuyikora kandi ko ubu ari yo njyana iri ku isoko cyane.
Bac-T yagize ati “Nyuma y’iyi album ya Hip-Hop nahisemo guhagarika (…) -
Ibyari amagambo byagiye mu nyandiko hagati ya Senderi na Rayon Sports
30 April 2013, by Rutaganda JoelMu gihe hari hamaze iminsi havugwa byinshi ku muhanzi Senderi International Hit, kuba yaremereye ikipe ya Rayon Sports kuyizanira abakinnyi babiri igihe yaba yegukanye irushanwa rya PPGGSS III, kuri ubu byashyizwe mu nyandiko.
Nk’uko umuyobozi w’abafana b’ikipe ya Rayon sports ku rwego rw’igihugu, Claude yabitangarije IGIHE, yagize ati: “ Twe nk’abakunda b’ikipe ya Rayon Sports twemereye umuhanzi Senderi International Hit ko twamufasha mu gihe azaba ashaka amajwi kugira ngo yegukane (…) -
Abakoze Jenoside aho bari hose ku isi bakwiye gukorwa n’isoni - Jah Bone D
7 April 2013, by Audace Willy MucyoMuri ibi bihe twibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 19, umuhanzi w’Umunyarwanda Rurangirwa’ Jah Bone D’ Darius utuye mu gihugu cy’u Busuwisi yagize icyo abwira abagize uruhare muri Jenoside aho bari hose ku isi.
Jah Bone D umuhanzi uririmba, akandika, akanatunganya indirimbo ziri mu njyana ya Reggae, ni umwe mu bahanzi nyarwanda babarizwa ku mugabane w’u Burayi ariko bakunda kuza gutaramira abanyarwanda, dore ko buri mwaka aba afite igitaramo ahategura.
Mu kiganiro yagiranye (…) -
Alpha yihanganishije abanyarwanda muri iyi minsi y’Icyunamo
6 April 2013, by Rutaganda JoelRwirangira Alpha umuhanzi uri muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagize icyo avuga muri iyi minsi abanyarwanda bagiye kwinjiramo bibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Alpha yavuze ko yifatanyije na buri munyarwanda wese muri iyi minsi y’icyunamo.
Aganira na IGIHE, Alpha yagize ati”ntibyari bikwiriye ko umunyarwanda yica umunyarwanda mugenzi we, ariko sekibi ariwe satani yaraje ahumya bamwe bakora amahano. Twese hamwe nk’abanyarwanda turusheho guharanira kwigira kandi twubaka igihugu (…)
IGIHE