Indirimbo nka “Twararutashye”, “Fourteen”, “Impundu”, “Izagishe Zitashye”, “Cya Cyicaro”, “Tufurahi”, “Ingangare”, “Ndate Ubutwari”, “Dushengurukanye Isheja”, “Bahizi Beza”, “Mirongo Urwenda”, “Ziravumera”, zasubiwemo n’abahanzi Samputu, Masamba na Mariya Yohana (uzwi mu ndirimbo ‘Intsinzi’) bazishyira ku muzingo (album) umwe.
Izi ndirimbo zaririmbwe zinakoreshwa cyane mu gihe FPR Inkotanyi yabohoraga u Rwanda mu 1994, zigizwe n’amagambo yateraga ingabo mu bitugu ingabo za RPA azisaba (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinmakuru
newinmakuru
Articles
-
Hasohotse ’Album’ y’indirimbo zakoreshejwe FPR ibohora u Rwanda
20 December 2012, by Nsabimana Emile -
Abahanzi bari muri PGGSS 3 batanze inkunga y’ibihumbi 200 mu muganda
30 March 2013, by Audace Willy MucyoAbahanzi bari muri Primus Guma Guma Super Star ya 3 batanze inkunga y’ibihumbi 200 yo kubaka ibiro by’umudugudu wa wa Karuvusha mu kagali ka Gacuruliro.
Mu muganda abahanzi 11 bari muri PGGSS bakoranye n’abaturage b’umudugudu wa Karuvusha mu kagali ka Gaculiro ho mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo batanze amafaranga ibihumbi 200 y’inkunga yo kunganira abo baturage mu mushinga wabo wo kwiyubakira ibiro by’akagari, dore ko banabashije gutangira kuwushyira mu bikorwa.
Humble Jizzo (…) -
Urutonde rw’abagore 10 beza ku isi rwashyizwe ahagaragara
26 April 2013, by Audace Willy MucyoIkinyamakuru "People’s Magazine" cyashyize hanze urutonde rw’abagore 10 bahiga abandi mu bwiza ku isi mu mwaka w’2013.
Dore urwo rutonde:
10. Pink
9. Drew Barrymore
8. Halle Berry
7. Kelly Rowland
6. Jennifer Lawrence
5. Jane Fonda
4. Zooey Deschanel
3. Amanda Seyfried
2. Kerry Washington
1. Gwenyth Paltrow -
USA: LickLick ntakibarizwa muri “PressOne” ndetse no muri Chicago
12 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho byari bimaze igihe bihwihwiswa n’abantu batandukanye bakurikiranira hafi amakuru yo muri “PressOne” bavuga ko producer Licklick wakoreraga muri iyo studio yaba atakibarizwa mu mujyi wa Chicago muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ndetse no muri “PressOne” nyir’izina. Gusa Licklick yagize byinshi atangariza IGIHE kuri ayo makuru.
Mu kiganiro Licklick yagiranye na IGIHE yagize byinshi atangariza abakunzi be ndetse n’abakunzi ba muzika muri rusange.
IGIHE: Muraho neza Licklick? (…) -
Madonna yinjiye mu mubare w’abamiliyarideri ku isi
28 March 2013, by Audace Willy MucyoNyuma y’ibikorwa bya muzika byinshi yakoze, ndeste akaba ari na we winjije amafaranga menshi mu mwaka w’ 2012 ubwo yazengurukaga isi mubyo yise MDNA, Madona yujuje miliyari y’amadorali.
Uyu muhanzikazi wakunzwe cyane mu ndirimbo nka ‘Like a Prayer’, ‘Take a Bow’, ‘Like it or not’, n’izindi yamaze kuzuza miliyari y’amadorali nk’uko ikinyamakuru The New York Post cyabitangaje.
Mu mafaranga Madona abona, amenshi ntayakura mu muziki, ahubwo ayakura mu bindi akora ku ruhande, dore ko (…) -
Fally Ipupa yateguye igikorwa cyo gufasha abatishoboye bo mu mujyi wa Goma
4 June 2013, by Rutaganda JoelFally Ipupa mu rwego rwo gufasha abaturage bo mu mujyi wa Goma muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bugarijwe n’ubukene, yateguye umukino wa gicuti uzitabirwa n’abakinnyi bakomeye bakomoka k’umugabane wa Afurika ndetse n’igitaramo azakora. Muri abo bakinnyi harimo: Drogba, Emmanuel Adebayor na yaya Touré.
Nk’uko bitangazwa n’urubuga DirectCD, ruvuga ko uretse iki gikorwa cy’urukundo Fally Ipupa agiye gukora muri Afurika ndetse no muri Kongo, ngo yahimbye n’indirimbo 2 zivuga ku (…) -
Abanyeshuri bagaragaje ko bafite impano zishobora kuzababera umwuga
13 May 2013, by Audace Willy MucyoMu gihe hasozwaga igikorwa cy’amarushanwa yiswe ‘Star Search Odyssey’ yo kugaragaza impano zitandukanye abanyeshuri baba bafite bafatanya n’amasomo, bateguriwe na kampani igamije guteza imbere impano ‘Akeza Talent Ltd’, byagaragaye ko baba bafite impano nyinshi bafashwa guteza imbere zikazababera umwuga.
Iki gikorwa cyahuzaga abana biga ku bigo by’amashuri bitatu ‘ESSI Nyamirambo’, ‘ES Saint Joseph de Nyamirambo’ na ‘G.S Saint André’ biherereye i Nyamirambo, byagaragaye ko abana (…) -
Lauryn Hill yakatiwe igifungo cy’amezi atatu
7 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzikazi ‘Lauryn Hill’ wahora abarizwa mu itsinda ‘Fugees’ ryo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, nyuma agafata umwanzuro wo kuririmba ku giti cye, yakatiwe amezi atatu y’igifungo azira kudatanga imisoro ku bikorwa bya muzika yakoze hagati y’umwaka w’2005 na 2007 bikamwinjiriza asaga miliyoni imwe n’ibihumbi 800 by’amadolari.
Mu rubanza rwabereye mu rukiko rwa Nerwark i New Jersey ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki ya 6 Gicurasi 2013, ubucamanza bwavuze ko icyaha Lauryn Hill w’imyaka 37 (…) -
PGGSS III: Ku ikubitiro hataramiwe ab’i Rusizi
12 May 2013, by Audace Willy MucyoKu nshuro ya 3 irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star riba, abahanzi bari kurihataniramo batangiriye mu ntara y’Uburengerazuba bataramira abatuye mu karere ka Rusizi no mu nkengero zako, muri gahunda y’ibitaramo bizenguruka uduce dutandukanye tw’igihugu.
Mbere y’uko abahanzi baririmba habanje igikorwa cyo gushyushya imbaga yaje kwihera ijisho abahanzi babo bakunda, babifashijwemo na Mc Tino afatanyije na Anita Pendo.
Ku mpande zose, hari abafana babukereye, bitwaje ibyapa biriho (…) -
Chris Brown ahangayikishijwe n’abamutera ubwoba bwo kumwica
19 May 2013, by Dean IrakAbashinzwe umutekano muri Los Angeles bari gucungira hafi umutekano w’umuhanzi Chris Brown kuko hari abantu bamutera ubwoba muri iyi minsi ko bashobora kumwica.
TMZ dukesha iyi nkuru ivuga ko Chris Brown aheruka kwitaba amatelefone menshi amutera ubwoba ko ashobora kwicwa. Akaba yarahise yihutira guhamagara polisi ku buryo ubu uyu muhanzi ari gucungirwa hafi.
Gusa ntihasobanurwa impamvu y’iri terwa ubwoba.
IGIHE