Ikigo cy’ubwishingizi SORAS gishingiye ku kuba ari cyo cyabonye izuba mbere mu bigo by’ubwishingizi by’abikorera mu Rwanda, serivisi zinoze kandi zikoresha ikoranabuhanga n’umubare munini w’abakiriya bacyo, gihamya ko ibi aribyo bituma kiza ku mwanya wa mbere mu bigo by’ubwishingizi mu Rwanda nyuma y’imyaka 30 kimaze gishinzwe.
Mu kiganiro kirambuye umunyamakuru wa IGIHE yagiranye n’Umuyobozi mukuru w’Inama y’ubutegetsi ya SORAS GROUP, Mporanyi Charles, avuga ko kimwe mu byo bishimira (…)
Home > Keywords > SORAS Widget > soras_homenews
soras_homenews
Articles
-
Isabukuru y’imyaka 30: SORAS irahamya ko ikiri “Ingabo y’amahina”
10 November 2014, by Mathias Hitimana -
‘SORAS Towers’, umuturirwa mushya ugiye kuzamurwa mu murwa mukuru
11 November 2014, by Mathias HitimanaSosiyete y’Ubwishingizi ‘SORAS’ yizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze iha serivise Abanyarwanda, ibikorwa byayo ntibigarukira mu gutanga ubwishingizi gusa no mu bikorwaremezo ishoramo.
SORAS igiye kubaka umuturirwa mu Mujyi wa Kigali, SORAS Towers, uzaba ufite amagorofa 10. Ubuyobozi bw’iyi sosiyete bwerekana ko uzagaragaza ko SORAS ifite umutungo uhagije, kimwe mu bituma abantu bayigana bayigirira icyizere.
Kuva SORAS yatangiraga mu mwaka 1984 nk’ikigo cya mbere cy’ubwishingizi (…) -
SORAS yahaye Perezida Kagame ishimwe ryo gushyigikira abikorera
16 November 2014, by ClaudeUbwo SORAS yizihizaga isabukuru y’imyaka 30 iri kumwe n’abakiriya bayo, ubuyobozi bwa SORAS bwashimiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, bumugenera igihembo cyo kuba ari indashyikirwa mu korohereza no gushyigikira abikorera ari nabyo bitumye SORAS igeze aho igeze ubu kandi igikomeza no gukura.
Guhera tariki ya 15 Uguhsyingo 1984, kugeza ku ya 15 Ugushyingo 2014, imyaka 30 irashize SORAS ibonye izuba nka sosiyete y’ubwishingizi y’abikorera ya mbere yageze mu Rwanda.
Mu (…) -
SORAS yihutiye gushumbusha abakiriya bayo bahuye n’inkongi z’umuriro
25 August 2014, by ShabaMu gihe kitarenze ukwezi kumwe bahuye n’impanuka z’inkongi y’umuriro ikabangiriza ibintu byinshi, bamwe mu bari basanzwe bafite ubwishingizi bw’inyubako zabo muri SORAS batangiye gushumbushwa.
Nk’uko bisanzwe mu mikorere yayo, SORAS yishyura bwangu abakiriya baba barafashe ubwishingizi ubwo ari bwo bwose. Ni muri urwo rwego yihutiye kwishyura abakiriya bagize ibyago inyubako zabo zigafatwa n’inkongi z’umuriro hirya no hino mu Rwanda.
Tariki ya 15 Nyakanga ni bwo inzu ya Nyirandoli (…) -
Abakiriya ba SORAS bagiye kujya bagurira ubwishingizi kuri interineti
14 November 2014, by Mathias HitimanaIkigo cy’ubwishingizi mu Rwanda SORAS cyatangaje ko bitarenze impera z’umwaka wa 2014 abakiriya bacyo bazaba batangiye kugura, bakanishyura ubwishingizi ubwo ari bwo bwose bakoresheje interineti.
Umuyobobozi Mukuru wa SORAS, Benjamin Mbundi, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuwa 13 Ugushyingo 2014, yavuze ko muri iki gihe SORAS yizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze, iri kuzana udushya muri serivisi itanga.
Muri utwo tushya, ikoranabuhanga riza ku isonga. SORAS igaragaza ko bitarenze (…)
IGIHE