Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Esperance, yasabye abagore gukomeza gutinyuka imirimo ibateza imbere kabone nubwo hari ababaca intege mu mikorere yabo, bakarushaho kwitabira imyuga nk’inzira y’umurimo utanga akazi kabageza ku iterambere.
Home > Keywords > TURASHOBOYE > Amakuru
Amakuru
Articles
-
Migeprof yasabye abagore kwima amatwi ababaca intege bababwira ko badashoboye
8 March 2018, by Mwizerwa Gilbert -
Brussels Airlines yizihije umunsi w’abagore ibaha kuyobora ingendo z’indege zayo
8 March 2018, by Rabbi Malo UmucunguziIkigo gikora ubwikorezi bw’indege, Brussels Airlines, cyifatanyije n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore, kibaha kuyobora ingendo z’indege zacyo zerekezaga i Berlin, Accra na Abidjan.
-
Urugendo rwa DCG Ujeneza, umugore ufite ipeti rikomeye umaze imyaka 30 mu gisirikare (Video)
20 March 2018, by Philbert GirinemaDCG Jeanne Chantal Ujeneza ni umubyeyi w’abana babiri wavukiye mu Karere ka Rulindo ku itariki 30 Ukuboza 1967. Ni umwe mu basirikare bakuru b’abategarugori u Rwanda rufite ariko usigaye ubarizwa mu Rwego rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa aho ari Komiseri Mukuru Wungirije.
-
Imbuto Foundation yaciye inzira izafasha abakobwa kugaragaza isura y’u Rwanda binyuze mu mashusho
8 March 2018, by Israel IshimweMu rwego rwo gushyigikira iterambere ry’abagore, Imbuto Foundation n’Ishuri Africa Digital Media Centre (ADMA) byahaye amahirwe abakobwa 20, bafashwa kwiga ibijyanye n’ikusanyamakuru rikoresha amashusho n’amajwi.
-
Minisitiri Nyirasafari yeretse amahanga uko u Rwanda rwita ku bagore bo mu cyaro
13 March 2018, by IGIHEMinisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yavuze ko niba ibihugu bishaka kugera ku iterambere ritagira uwo risiga inyuma, bigomba kwita ku bagore n’abakobwa bo mu cyaro mu buryo bwihariye.
-
Abakozi ba REG bizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore
6 March 2020, by IGIHESosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore mu birori byabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 6 Werurwe 2020.
-
Minisitiri Ingabire Paula ku rutonde rwa WEF rw’abayobozi bato bahanzwe amaso ku Isi
12 March 2020, by IGIHEMinisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yashyizwe ku rutonde rwakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu, World Economic Forum, rw’abayobozi bakiri bato ariko bahanzwe amaso kubera inshingano n’ubushobozi bafite.
IGIHE