Mu gihe hasigaye iminsi ibiri gusa i London mu Bwongereza hagatangira ihuriro ry’ umunsi udasanzwe wiswe “Rwanda Day London 2013”, aba mbere bamaze kuhagera baturutse hirya no hino ku isi, abandi na bo biteguye kwerekezayo.
Ku itariki ya 18 Gicurasi 2013, Abanyarwanda n’inshuti zabo biteguye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubu ari umushyitsi mukuru muri “Rwanda Day”; umwanya aganira na bo ku iterambere ry’u Rwanda, na bo bakabaza ibibazo bafite banatanga ibitekerezo. (…)
Home > Keywords > RwandaDay > rdaylatestnews
rdaylatestnews
Articles
-
Abazitabira “Rwanda Day” bo hirya no hino batangiye gusesekara i London
16 May 2013, by Mathias Hitimana -
Icyo Knowless yiteguye gukumbuza Abanyarwanda baba hanze
18 May 2013, by Dean IrakKnowless Butera, umwe mu bahanzi batowe guhagararira abandi mu munsi wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) avuga ko yiteguye gukumbuza Abanyarwanda baba hanze ibikorwa by’iterambere biranga igihugu.
Ibi Knowless yabitangaje, mu kiganiro kirambuye we na King James bagiranye na IGIHE. Aba bahanzi bombi kandi bagize n’icyo bavuga ku bijyanye n’uko biteguye gutaramira Abanyarwanda bari mu Bwongereza n’abazitabira ibi birori bose.
Soma ikiganiro kirambuye munsi:
IGIHE: Muraho King James na we (…) -
Gatabazi asanga gushyira hamwe kw’Abanyarwanda ari cyo kizarushaho kubateza imbere
18 May 2013, by M. M.Jean Mari Gatabazi wahoze ari depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka hafi icumi, kuri ubu usigaye yungirije Umuyobozi Ushinzwe Ibikorwa by’Itumanaho muti RBC (Rwanda Biomedical Centre) yagiranye ikiganiro na IGIHE adutangariza byinshi kubyo atekereza kuri Rwanda Day ndetse n’ibanga yumva ryatuma iterambere ry’Abanyarwanda rirushaho kwiyongera.
Yagize ati : "Umwanya nk’uyu ni urubuga aho Abanyarwanda dukwiye lumva ko turi ku rugamba rwo guharanira Agaciro kacu (…) -
Rwanda Day: Abikorera bo mu Rwanda nabo biteguye kumurika udushya i Toronto
24 September 2013Mu gihe Abanyarwanda batuye mu mpande zose z’Isi bakomeje imyiteguro yo kwerekeza i Toronto muri Canada, ahazabera Rwanda Day ku nshuro ya 6, abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda nabo baratangaza ko imyiteguro yiganjemo guhanga udushya tuzakurura abafatanyabikorwa bayigize kure.
Abikorera bo mu Rwanda bafite inganda, amakompanyi n’abacuruzi ku giti cyabo, bavuga ko amajyaruguru y’Amerika atuwe n’Abanyarwanda benshi, bityo bagasanga uretse no kuba uyu munsi uzabahuza baniteze no kubabonamo (…) -
Toronto igiye kuberamo Rwanda Day ni mujyi ki?
23 September 2013Umujyi wa Toronto wagenwe na Diaspora y’Abanyarwanda baba muri Canada ngo wakirirwemo Rwanda Day Toronto 2013, nk’uko byifujwe kenshi bikanasabwa n’abanyarwanda baba muri Canada ko nabo bazahuzwa bagasurwa n’umukuru w’igihugu.
Toronto niwo mujyi wa mbere munini muri Canada, ariko siwo murwa mukuru wa Canada, kuko umurwa mukuru wa Canada witwa Ottawa, gusa niwo murwa mukuru w’intara ya Ontario uherereyemo.
Uyu mujyi ubundi wahoze witwa York, wabayeho kuva mu 1793, ugenda uhindura amazina, (…) -
Canada: Birashyushye mu kwitegura “Rwanda Day Toronto”
22 September 2013, by Mathias HitimanaUhagarariye Diaspora Nyarwanda muri Canada,, Dr Egide Karuranga, yatangaje ko imyiteguro ya “Rwanda Day Canada-Toronto”, ihagaze n’uko biteguye kwakira Perezida Paul Kagame uzaba ari umushyitsi mukuru uwo munsi, aho azaganira n’Abanyarwanda bazaba bitabiriye nk’uko asanzwe abigenza mu zindi Rwanda Day zabanjirije iyi.
Dr Karuranga aganira na IGIHE yagize ati “Ubu birashyushye muri « Rwanda Day Canada”, aho imijyi yose yo mu Majyaruguru ya Amerika (North America) izaba yateraniye mu (…) -
Abanyarwanda bagera kuri 700 bahagurutse Buruseli mu ma modoka ashoreranye
18 May 2013, by M. M.Abanyarwanda bagera kuri 700 bahagurutse I Buruseli mu Bubiligi berekeza I London mu Bwongereza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, aho baje kwitabira Rwanda Day yizirizwa muri uyu mujyi kuri ubu wahindutse ihuriro ry’Abanyarwanda baturutse imihanda yose.
Muri uru rugendo barimo bagana London ruri bubatware amasaha agera kuri atanu, morale ni yose kuri aba Abanyarwanda batuye mu Bubiligi, aho bari kugenda baririmba indirimbo zitandukanye nyarwanda, mu ma bisi agera kuri 12 buzuye (…) -
“Rwanda Day ituma buri wese yumva ko akwiye guhoza u Rwanda ku mutima”
17 May 2013, by M. M.Rwanda Day, umunsi ngarukamwaka wahariwe u Rwanda ukizihirizwa hanze yarwo, benshi bafite uko bawubona. Kubwa King James, uyu munsi utuma Abanyarwanda baba hanze y’u Rwanda bumva ko igihugu cyabo kibibuka.
Mu kiganiro King James uri mu bahanzi bacye batoranirijwe gutaramira abazitabira Rwanda Day I London uyu mwaka yahaye IGIHE, yavuze ko kuza mu kwizihiza uyu munsi kuri we ari umwanya wo guhura n’abavandimwe n’inshuti, gusa agasanga ku banyarwanda baba mu mahanga ari umwanya wo kurushaho (…) -
Rwanda Day Toronto 2013: Abashoramari nyarwanda bahuye n’abo muri Amerika ya ruguru
28 September 2013Abashoramari b’abanyarwanda baraye bahuye n’abandi bashoramari bo muri Amerika y’amajyaruguru, bahurira muri Sheraton hotel i Toronto, baganira ku ishoramari mu Rwanda.
Umuyobozi wa RDB, Clare Akamanzi avuga ko gutera imbere k’u Rwanda kwigaragaza mu buryo bwose, Atari mu burezi gusa, ahubwo no mu gukora ibikorwa bifite agaciro gafatika, ibyo bigatuma abantu benshi bishimira gushora imari no kugira ibikorwa byabo mu Rwanda.
Urugero atanga rugaragaza ko imikorere n’iterambere by’u Rwanda (…) -
Hari uruhare diaspora igira mu iterambere ry’igihugu rutuma igomba kwitabwaho
24 September 2013Inyigo zitandukanye yaba izikorwa n’Umuryango w’Abibumbye ndetse na leta ubwazo, zigaragaza ko ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bifashwa cyane n’abaturage bazo baba mu mahanga (diaspora) haba mu buryo bw’amafaranga ndetse no mu bikorwa bitandukanye biteza imbere ibyo bihugu.
Mu myaka igera kuri 12 diaspora nyarwanda imaze ivutse, Abanyarwanda bagaragaje umwihariko mu kugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda n’Abanyarwanda ku buryo bw’umwihariko.
Raporo iherutse gushyirwa ahagaragara (…)
IGIHE