Umuyobozi w’Inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe ubukungu, imibereho myiza n’umuco, Dr Joseph Chilengi, yagaragaje ko ICC idakora na gato mu nyungu z’ubutabera, ahubwo ibangamiye bikomeye imikorere y’ubutabera mpuzamahanga.
Home > Keywords > Subdomains > ausummitnews
ausummitnews
Articles
-
“ICC ni ikibazo ku butabera mpuzamahanga kuruta kuba igisubizo”(Video)
16 July 2016, by Israel Ishimwe -
Rambagira inyubako ihebuje ya Kigali Convention Center(Yavuguruwe)
8 July 2016, by Kanamugire EmmanuelBuri myaka irindwi ku Isi hahinduka ibintu byinshi, guhera ku muntu ku giti cye. Mu myaka irindwi nibwo impinduka mu mitekerereze no mu gihagararo zihagarara, umwana muto amenya gutandukanya icyatsi n’ururo akagana ishuri, ufite 14 nyuma y’irindwi akuzuza 21 akemererwa gushyingirwa.
-
Umukino wo gususurutsa abazitabira AU watumye shampiyona isubikwa
6 July 2016, by Israel IshimweShampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yamaze kwigezwa inyuma mu rwego rwo gutegura ikipe y’igihugu y’abagore izakina umukino wa gicuti na Tanzania tariki 16 Nyakanga ugamije gususurutsa abazaba bitabiriye inama mpuzamahanga y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe izabera mu Rwanda hagati ya tariki 10-18 Nyakanga 2016.
-
Perezida Kagame na Idris Deby babimburiye Abanyafurika gutunga pasiporo ihuriweho
17 July 2016, by Ferdinand ManiraguhaPerezida Idris Deby wa Chad unayoboye inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, niwe washyikirijwe bwa mbere pasiporo yari itegerejwe igihe kinini, izaba ihuriweho n’ibihugu byose kuri uyu mugabane.
-
Minisitiri Mushikiwabo yabonanye na Perezida wa Tchad uyobora AU
14 June 2016, by Philbert GirinemaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida wa Tchad, Idriss Déby uyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU).
-
Umwami wa Maroc yemeje ko igihugu cye gishaka kugaruka muri AU
18 July 2016, by Philbert Girinema“Hashize igihe, inshuti zacu zidusaba kugaruka tukazisanga, kugira ngo Maroc yongere isubirane umwanya karemano mu nzego za AU. Icyo gihe cyageze.”Aya ni amagambo y’Umwami Mohammed VI yumvikanisha neza ko igihugu cye cyateye intambwe idasubira inyuma mu bijyanye no kugaruka mu Muryango wa AU.
-
Sudani y’Epfo yafatiwe ibihano, Kiir na Machar basabwa guhagarika imirwano
17 July 2016, by Ferdinand ManiraguhaUmutekano muke muri Sudani y’Epfo, ni kimwe mu by’ingenzi bigomba kuganirwaho mu nama y’abakuru b’igihugu iteraniye i Kigali, aho Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe (AU) wasabye abakuru b’ibihugu kugarura amahoro mu bice byugarijwe n’umutekano muke.
-
Ibiri kubera muri Sudani y’Epfo biduteye impungenge nk’u Rwanda- Mushikiwabo
14 July 2016, by Philbert GirinemaAkanyamuneza ni kose ku bashyitsi bitabiriye inama y’Ubumwe bwa Afurika, AU, ikomeje kubera mu Mujyi wa Kigali, umutekano isuku n’ubwiza by’uyu mujyi utibagiwe serivisi nziza bikomeje gutaha ku mitima yabo.
-
AU yakebuye abayobozi ba Afurika ku bwisanzure mu bucuruzi
15 July 2016, by Philbert GirinemaInama ya 27 y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika (AU) ikomeje kubera i Kigali, yitezweho gushakira ibisubizo inzitizi z’ubwisanzure mu bucuruzi bukorerwa kuri uyu mugabane, nkuko byiyemejwe mu cyerekezo cya Afurika 2063.
-
Perezida wa Tchad, Idriss Déby unayobora AU arasura u Rwanda
22 June 2016, by Philbert GirinemaPerezida wa Tchad akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Idriss Déby, kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Kamena, arakirwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
IGIHE