Martin Kasirye bita M C Tino usanzwe akora kuri KFM, kuri ubu yaba yareruye agatangaza izina ry’umushyushya rugamba yemera hano mu Rwanda, dore ko ubusanzwe usanga nta muhanzi cyangwa umuntu wese w’umu star atajya apfa kwerura ngo avuge ko yemera mugenzi we.
Nkurunziza Kate Gustave Tino ukorera Radio 10 mu kiganiro 10 Superstar,niwe washyizwe ahagaragara na MC Tino ko amwemera ku kazi bahuje ko kuba abashyushya rugamba.
Tino yagize ati”Mc Kate Gustave nkunda uburyo yicisha bugufi mu bantu n’ukuntu akoramo umwuga we w’ubushyushya rugamba, kuko ubona akora ibintu azi.

TANGA IGITEKEREZO