Kuba bikenerwa ko umwana arengerwa ni uko hari byinshi bigaragaza ko atabasha kwirengera. Havugwa irengera cyangwa irengerwa kubera ko hariho uburenganzira. Mu mategeko ijambo “Uburenganzira rivuga ibyo umuntu yemerewe birebana n’ubuzima bwe, imibereho ye mu muryango, umutungo, imibanire ye n’abandi n’igihugu atuyemo cyangwa avukamo.” Umwana urengerwa ni nde? Umwana urengerwa ni umuntu wese utaruzuza imyaka 21 y’amavuko muri rusange, n’imyaka 18 y’amavuko by’umwihariko. Umwana wese (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > CoverageAbana_Article
CoverageAbana_Article
Articles
-
Ni ubuhe buryo umwana arengerwa binyuze mu mategeko?
2 January 2012 -
Udushya 12 twagaragaye mu nama nkuru ya karindwi y’abana
5 January 2012Mu nama Nkuru y’igihugu y’abana yateranye ku nshuro ya karindwi kuwa 04 Mutarama 2012, habayemo udushya tunyuranye, nk’uko bisanzwe bizwi ko abana barangwa n’udushya twinshi kandi tunezeza bo ubwabo n’abo badukorera. Mu dushya twabayeho, agahatse utundi ni aho umwana yasabye ko habaho na "Gahunda ya Gira inshuti Munyarwanda" afatiye kuri gahunda isanzweho ya "Gira inka Munyarwanda."
1. Ba MC bombi bari abana bato
Iyi nama y’abana yayobowe na Minisitiri w’intebe, ariko abari bayoboye (…) -
Minisitiri w’intebe yibukije abana ko ari bo Mizero y’ahazaza h’igihugu
4 January 2012Kuri uyu wa 04Mutarama 2012, mu Ngoro Inteko Ishinga amategekoy’u Rwanda ikoreramo ku Kimihurura hateraniye inama Nkuru y’igihugu y’abana ibaye ku nshuro ya karindwi. Mu kuyitangiza ku mugaragaro, Minisitiri w’Intebe Pierre Damien Habumuremyi yibukije abana ko ahazaza h’igihugu ari ahabo, kandi ko abo babona bagejeje igihugu aho kiri ubu bazabasigira inkoni, bagasigara aribo bafite byose mu maboko yabo mu gihe kiri imbere.
Mu ijambo rye muri iyi nama, Noala Skinner uhagarariye UNICEF (…) -
Inama nkuru y’igihugu y’abana itegurwa ite?
3 January 2012Iyo havuzwe inama nkuru z’igihugu, hari abashobora gukeka ko ziterana bakaganira cyangwa se bakiga kubyo basanze, bitabaye ngombwa ko hagira ibitegurwa mbere bizavugwaho. Ariko siko bimeze, buri nama igira izindi nama ziyiteguza, zikanayitegura. Ni nako bimeze ku nama nkuru y’igihugu y’abana, nayo igira uko itegurwa n’ibikorwa mbere y’uiko iba.
Mu kiganiro n’Umujyanama wa Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Emmanuel Nzaramba yadutangarije ko inama y’igihugu y’abana (…) -
Ibyagezweho mu nama y’igihugu y’abana iheruka
3 January 2012Inama Nkuru y’igihugu y’abana ya gatandatu iherutse kuba yafatiwemo imyanzuro 23, muri yo 19 yashyizwe mu bikorwa, bikaba bingana na 82.6 %
• Imyanzuro 4 inzego yarebaga ziracyayikurikirana kugira ngo ishyirwe mu bikorwa
• Imyanzuro 2, uwa 6 n’uwa 7 yagombaga gushyirwa mu bikorwa n’ibihugu bya EAC, MINEAC yandikiye EAC Secretariat iyisaba kuyigeza ku bihugu ireba kugira ngo ishyirwe mu bikorwa.
• Umwanzuro wa 14, wasabaga ko hashyirwaho ihuriro ry’abana bagiye bitabira inama nkuru (…) -
Ijwi ry’abana rigomba kumvikana mu iterambere ry’igihugu-Minisitiri Inyumba
1 January 2012Mu nama Nkuru y’Igihugu y’abana ya karindwi iteganyijwe kuzaba ku ya 04 Mutarama 2012 izitabirwa n’abana baba mu nkambi z’impunzi. Minisitiri Inyumba avuga ko ijwi ry’abana rikwiye kumvikana.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Inyumba Aloysia mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru n’indi miryango yita kubana irimo na UNICEF yatangaje ko mu nama Nkuru y’Igihugu y’Abana ya karindwi bibutse n’abana baba mu nkambi z’impunzi, abana babana n’ubumuga butandukanye, ibigo by’abana (…) -
Inama y’Igihugu y’Abana igiye guterana ku nshuro ya 7
2 January 2012Nk’uko bisanzwe mu muco w’Abanyarwanda guhura no kuganira hakabaho gusangira ibitekerezo no kungurana inama, ndetse ahakenewe umuti ukavugutirwa bose ku gipimo gikwiye kandi cy’ingirakamaro, abana bato bo "mizero y’ahazaza h’igihugu” ntibibagiranye. Ni muri urwo rwego ku nshuro ya karindwi Inama y’igihugu y’abana igiye guterana muri uku kwezi kwa Mutarama 2012. Inama y’Igihugu y’Abana yuzuzanya n’izindi nama zinyuranye zibaho ku rwego rw’igihugu, kandi buri gihe iba ikurikiranye n’Inama (…)
-
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda abana bazagishwa inama ku bukungu bw’igihugu
2 January 2012Mu iterambere rya buri gihugu inzego zinyuranye zibigiramo uruhare, n’abaturage bacyo bakagishwa inama ku bigomba gufatirwa ingamba. Ntibisanzwe ko abana bato bagishwa inama ku ifatwa ry’ingamba z’ingutu nk’umutekano, politiki, ubukungu, iterambere no guhashya ubukene. Mu Rwanda ho, kandi bwa mbere mu mateka yarwo, abana bagiye kugishwa inama ku ngamba mbaturabukungu, mu nama y’igihugu yabo iterana kuri uyu wa 4 Mutarama 2012.
Iyi nama ya karindwi y’igihugu y’abana iteranye ku nshuro ya (…)
IGIHE