Tariki 4 Nyakanga 2014 u Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka 20 ishize rubohowe rukavanwa mu icuraburindi ubwo Ingabo zari iza FPR Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibirori byo kwizihiza uyu munsi byabereye kuri Stade Amahoro byitabirwa n’abakuru b’ibihugu byo mu karere birimo Uganda, Kenya, Sudani y’Epfo na Visi Perezida wa mbere w’u Burundi ndetse n’abandi bahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga bitandukanye. Byaranzwe n’akarasisi k’Ingabo z’u Rwanda (RDF) (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Isabukuru ya 20 yo kwibohora
5 July 2014 -
Imyiyereko y’abanyamideli muri Kigali Fashion Week
25 June 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Itangizwa rya PGGSS II
30 January 2012Kuri uyu wa 30 Mutarama 2012, Abanyamakuru na bamwe mu bakurikiranira hafi ibya muzika nyarwanda batoranyije abahanzi 20 bazatorwamo abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS).
Gutora abo bahanzi byabereye ku cyicaro cya BRALIRWA Kicukiro. BRALIRWA na East African Promoters (EAP) nibo bategura iri rushanwa. Abahanzi batoranyijwe bazatangazwa kuri uyu wa 03 Gashyantare 2012. Iri rushanwa ryatangiriye ku gutora abahanzi riizarangira kuwa 28 Nyakanga 2012. (…) -
Imihanda ya Kimihurura iri kuvugururwa
15 June 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Gutanga impamyabumenyi muri ULK
3 April 2012Ku nshuro ya munani, Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK) yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 2139 barangije mu mashami atandukanye aho abiganjemo cyane ari ab’igitsina gore.
Prof. Dr. Rwigamba Balinda washinze iyi kaminuza yibukije abaharangirije amasomo ko byose bituruka ku Mana, bityo ngo ntihazagire uyibagirwa.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Dr. Harebamungu Mathias yibukije abarangije amasomo ko ibi bitanga ubutumwa ko nta mwana w’Umunyarwanda ugomba gutega amaboko. (…) -
Inama ku mahirwe uturere dufite no kureba uko yabyazwa umusaruro
29 November 2015, by Philbert Girinema -
Icyumweru cyahariwe guteza imbere umuco wo gusoma kuva tariki ya 16 kugeza tariki ya 20 Gashyantare 2015
25 February 2015, by ClaudeIcyumweru cyahariwe gusoma cyaranzwe no kumurika ibitabo bitandukanye; iby’amateka, ubumenyi bw’Isi, siyansi n’indimi, hakazabaho n’amarushanwa y’abana mu gusoma, bakazanahugurwa mu buryo bwo kumenya gusoma neza no kwandika.
-
Amafoto ya Jack-B mu bihe bitandukanye
22 January 2012 -
Jeannette Kagame yifurije abana Noheli Nziza
16 December 2012Jeannette Kagame yakiriye abana 120 bahagarariye abandi baturutse mu turere twose tw’igihugu basangira iminsi mikuru ya Noheri n’Ubunani, baniyemeza imihigo ijyanye n’insanganyamatsiko yo kugira ”Ubupfura”.
Foto/Village Urugwiro -
Umuhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo (Amafoto)
14 April 2014, by Mathias HitimanaIcyumweru cy’icyunamo, cyatangiye kuwa 7 Mata, kuri iki Cyumweru cyasojwe, hibukwa by’umwihariko abanyapolitiki bishwe muri Jenoside, hashimwa ubwitange n’umurava byabaranze bakabizira, hanagawa abatandukiriye bakagira uruhare mu iyicwa ry’Abanyarwanda bari bashinzwe kurengera.
Uyu muhango witabiriwe n’abayobozi bakuru batandukanye, barangajwe imbere na Perezida wa Sena, Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene, Minisitiri w’intebe, Dr Pierre Damien Habumuremyi, Umugaba mukuru w’Ingabo, Gen (…)
IGIHE