Ku nshuro ya munani, Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK) yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 2139 barangije mu mashami atandukanye aho abiganjemo cyane ari ab’igitsina gore.
Prof. Dr. Rwigamba Balinda washinze iyi kaminuza yibukije abaharangirije amasomo ko byose bituruka ku Mana, bityo ngo ntihazagire uyibagirwa.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Dr. Harebamungu Mathias yibukije abarangije amasomo ko ibi bitanga ubutumwa ko nta mwana w’Umunyarwanda ugomba gutega amaboko.
Foto: Faustin NKURUNZIZA


















TANGA IGITEKEREZO