Perezida Paul Kagame ejo hashize yahuye n’abayobozi bakiri bato 32 bibumbiye mu muryango Global shapers. Uyu muryango ugizwe by’umwihariko n’uruyiruko urufasha kugira ubumenyi bwo gutegura neza ejo hazaza.
Iyi nama yabaye ubwo habaga n’inama ihuje ihuriro mpuzamahanga ry’ubukungu ku isi (WEF) yabereye i Addis Ababa mur Ethiopia. Ubwo yahuraga n’uru rubyiruko Kagame yasabye aba bayobozi bakiri bato gukora cyane mu gushakira ibisubizo ibibazo byaba bigaragara muri Afurika.
Perezida Kagame (…)
Home > Keywords > tags > Kagame
Kagame
Articles
-
Perezida Kagame yasabye urubyiruko gukora cyane mu kuzamura Afurika
11 May 2012 -
Perezida Kagame yitabiriye umuganda ku musozi wa Rebero
26 May 2012Buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi haba umuganda rusange mu gihugu hose, no muri uru rwego Perezida Kagame yifatanyije n’abaturage mu gukora umuganda ku musozi wa Rebero mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro.
Mu ijambo rye Perezida Kagame yavuze ko umuco mwiza w’umuganda uzakomeza kubaho kandi ukazashyirwamo imbaraga.
Aha ku i Rebero hari hakoraniye abaturage batandukanye ndetse n’abagize Guverinoma y’u Rwanda n’abava mu zindi nzego zitandukanye, aho nyuma y’uyu muganda Perezida (…)
IGIHE