Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Claudette Irere yatangaje ko kimwe mu bituma abanyeshuri bo mu bigo by’amashuri bya Leta batagaragara mu bahemberwa kuba indashyikirwa ku rwego rw’igihugu harimo n’ikibazo cy’ubucucike gituma batiga neza uko bikwiye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
Kuki amashuri yigenga yakomeje guhigika aya Leta mu bizamini bisoza abanza?
21 August, by IGIHE -
Harimo iyakuragamo inda; ibiti bitangaje birimo n’imiti biri muri Pariki ya Nyandungu
23 August, by Tuyishimire Umutesi CelineUko bwije n’uko bucyeye urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rugenda rutera imbere aho ubu umuntu ashobora kubagwa umutima, gusimburizwa ingingo n’ibindi twumvaga bimeze nk’inzozi kuba byakorerwa iwacu. Icyakora umuntu ashobora kubyumva uko akagira ngo ubuvuzi buje vuba nyamara Abanyarwanda bahoranye uburyo bwabo bwo kuvura indwara zitandukanye, bakoresheje imiti gakondo, irimo n’iyo abahanga muri siyansi bakoresha bakora ibinini bikoreshwa mu buvuzi bugezweho
-
Kuva ku bwa Buyoya kugeza mu ntambara ya AFC/M23: Mu mizi y’umubano wa CNDD-FDD na FDLR
22 August, by Jean de Dieu TuyizereMu myaka irenga 30 ishize, akarere k’Ibiyaga Bigari karanzwe n’amateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yahagaritswe n’ingabo za RPA zari mu rugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiye mu Ukwakira 1990, rurangira muri Nyakanga 1994.
-
U Rwanda, RDC n’u Burundi mu biganiro byo kuryoza u Bubiligi indishyi z’ibyangijwe n’ubukoloni
21 August, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi byitabiriye inama mpuzamahanga yabereye i Baku muri Azerbaijan yiga ku ngaruka z’ubukoloni bw’u Bubiligi no ku ndishyi z’ibyangiritse.
-
Ibyo wamenya kuri Pariki ebyiri z’igihugu u Rwanda ruzunguka mu minsi iri imbere
22 August, by Nsanzimana ErnesteUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko inzobere zirenga 30 zo mu bihugu bitandukanye, zatangiye kwiga ku ishyirwamubikorwa ry’umushinga wo gushyiraho Pariki y’igihugu y’Ibirwa byo mu Kiyaga cya Kivu na Pariki y’Igihugu ya Rugezi, Burera na Ruhondo.
IGIHE