Itsinda ry’Ingabo z’u Bufaransa ziyobowe na Col François De Jabrun ryagiriye uruzinduko rw’umunsi umwe mu Rwanda rugamije ubufatanye hagati y’ingabo z’ibihugu byombi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Goverment
Goverment
Articles
-
Itsinda ry’Ingabo z’u Bufaransa ryasuye u Rwanda
24 May 2022, by IGIHE -
Bitahiye iwabo, abandi bamenyereye gereza: Iherezo si rimwe ku bahoze mu mitwe yitwaje intwaro
26 May 2022, by Ntabareshya Jean de DieuUmuheto woshya umwambi bitari bujyane! Ni imvugo y’Ikinyarwanda bakoresha bashaka kuvuga ko umuntu ashobora gushora mugenzi we mu bintu runaka, nyamara ingaruka zaza zigahitana uwabikoze, uwamushoyemo yigaramiye.
-
Miliyari zisaga 250 Frw zakoreshejwe mu myaka 13: Uko VUP yatanze umusanzu mu kugabanya ubukene
28 May 2022, by Ntabareshya Jean de DieuGahunda ya VUP yatangijwe mu 2008 ifite intego yo kurandura ubukene bukabije ndetse no kugabanya igipimo cy’ubukene, imaze gushorwamo asaga miliyari 250 Frw zimaze guhindura ubuzima bwa benshi mu banyarwanda.
-
Umuzi w’ibibazo byabaye karande ku bavuga Ikinyarwanda muri RDC
30 May 2022, by IGIHEImyaka ibaye mirongo, ikibazo cy’abavuga Ikinyarwanda ari insobe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Zaïre cyangwa Congo kuko yose yabaye amazina y’icyo gihugu, kimwe mu binini muri Afurika.
-
Perezida Kagame yavuganye na Tshisekedi ku ’bushotoranyi’ bw’ingabo za FARDC
30 May 2022, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko nyuma y’ibisasu ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zarashe ku Rwanda, Perezida w’u Rwanda yabwiye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi ko byashobokaga ko ingabo z’u Rwanda zisubiza ko kandi iyo bikorwa byari kuba byubahirije amategeko.
-
Manda y’abadepite irabura umwaka: Bararuciye bararumira ku bibazo by’ingutu
31 May 2022, by Cyprien NiyomwungeriByari ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 19 Nzeri 2018, amakote yaracyebaga, imikenyero n’imyitero irabagirana mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, ubwo Abadepite barahiriraga imirimo mishya muri manda y’imyaka itanu imaze iminsi 1350.
-
Ibidakunze kuvugwa ku bangavu baterwa inda
31 May 2022, by Akayezu Jean de DieuNtabwo twakundanye nk’uko bigenda ku bandi, byabaye igihe kimwe, ni kwa kundi haba hari ibintu mudafite iwanyu, wabona umuntu ugiye kubiguha, ukaba wemeye gutyo […]
-
Imbamutima za Sankara wayobotse Leta: Yageneye ubutumwa abamwita ’akabwa’
26 May 2022, by Ferdinand ManiraguhaNsabimana Callixte uzwi nka Sankara yatangaje ko yahisemo kuyoboka Leta y’u Rwanda, kuko yasanze nta mpamvu yo kuyirwanya, anasaba Kayumba Nyamwasa n’abandi bagifite uwo mugambi kuzibukira.
-
Uko u Rwanda ruri kurwanya igwingira ry’abana mu turere 13 ryibasiye cyane
31 May 2022, by Hakizimana Jean PaulKuva mu 2015 u Rwanda rwiyemeje kurandura igwingira no guca ikibazo cy’imirire mibi cyakunze kugaragara mu bana bato hirya no hino mu gihugu.
-
Byagenda bite indege ikoreye impanuka i Kanombe? (Amafoto na Video)
2 June 2022, by Akayezu Jean de DieuIbaze wiviriye iyo mu mahanga utashye i Rwanda, mwaba mukinjira mu kirere cy’i Kigali ugatangira kumva umwotsi mu ndege, abakozi bayo bakabahumuriza ariko mukanga mugahinda umushyitsi, ukareba mu idirishya ukaba ushobora kubona ubutaka, gusa ubwo ibintu byose biri kwicugusa, umwotsi wabaye mwinshi, abasenga bafashe iry’iburyo, mbega byacitse mwibaza niba pilote ari bushobore kururutsa indege amahoro, na cyane ko urugendo mwari murusoje, neza neza muri hejuru y’Ikibuga cy’Indege cya Kigali.
IGIHE