Mu gihe benshi badakunze kugaragaza abo bashakanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Prof Mbanda we bimutera ishema kwerekana urukundo rwe bamaranye imyaka itari mike.
Yes, you can say H.A.! But first, how many ……years? pic.twitter.com/dnGOSk0VUn
— Laurent Mbanda (@MbandaLaurent) April 14, 2022
Abakurikirana cyane Prof Laurent Mbanda ku mbuga nkoranyambaga, bakunze kwishimira uburyo agaragazamo urukundo akunda umugore we.

Umugore we anamufasha kuzuza inshingano yahawe n'itorero

Ahantu hose hakunda kugaragara bari kumwe bishimye

Mbanda n'umugore we babera urugero rwiza imiryango myinshi y'abashakanye

Iyo basangira baba banezerewe

Aha Mbanda n'umugore we bari i Dubai

Ifoto igaragaza Laurent Mbanda yishimanye n'umugore we
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!