Ibi byabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 15 Mutarama 2023, ubwo Tariro Wash yari yitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusabira igihugu azwi nka ‘National Breakfast Prayer’ yabereye muri Kigali Convention Centre.
Amafoto yafashwe agaragaza uyu mukobwa wari wambaye umukenyero w’umuhondo agerageza gushayaya, ubwo haririmbwaga indirimo zo guhimbaza Imana ariko zisaba kubyina Kinyarwanda.
Tariro Wash akunze gusura u Rwanda bigendanye na filime ari kuhakorera yise ‘Africanda’ igamije kwigisha Abanyafurika ibijyanye no guharanira ubwigenge bwa Afurika ‘Pan Africanism’.



Amafoto: Igirubuntu Darcy
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!