U Rwanda rurimo kwakira African Taekwondo Championships 2022, irushanwa ryatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nyakanga, muri BK Arena.
Ku munsi waryo wa mbere, ikipe y’u Rwanda yegukanye imidali icyenda, irimo itanu ya zahabu n’indi ine y’Umuringa.
Isaro Ishwarya yatwaye umudali wa zahabu mu bakobwa bafite hagati y’imyaka 12 - 13, mu bakina buri muntu ari wenyine.
Uyu mukino wagaragaje ubuhanga bw’abakobwa haba mu myiyereko n’ubushobozi bwo gukoresha umubiri n’ibitekerezo, bagaragaza uburyo biteguye ibikorwa njyarugamba bashingiye ku myitozo bahawe.










Amafoto: Yuhi Augustin
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!