Wizihijwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi 2022.
Isengesho ry’uyu munsi ryabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo nk’ibisanzwe, ahari hateraniye Abayisilamu ibihumbi.
Muri abo harimo Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Lieutenant General Mubarakh Muganga.
Mu bandi ni nka Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY), Murenzi Abdallah.

Gen Mubarak Muganga akurikiye inyigisho zatangwaga na Mufti w'u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lieutenant General Mubarakh Muganga, ashimira Imana yamushoboje kurangiza igisibo gitagatifu

Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umukino w'Amagare (FERWACY), Murenzi Abdallah
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!