00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ku myaka 16 Annick Gikundiro avuga imivugo mu ruhame

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 21 October 2013 saa 08:57
Yasuwe :

Gikundiro Annick, w’imyaka 16, wiga muri “Glory Secondary School” avuga ko impano yo kuvuga imivugo imurimo azayikoresha kugira ngo ifashe benshi.
Gikundiro ngo yatangiye kwiyumvamo iyi mpano, ubwo yandikaga bimwe mu bihe bagenzi be banyuzemo, ndetse n’izindi nkuru zisa nk’izibabaje z’ibyabaga kuri bagenzi be b’incuti.
Ati “Kuvuga imivugo kuri njye biranshimisha cyane kuko ubuhanzi nk’ubu kuri iyi myaka yanjye ni bake babikora, bitungura abantu benshi.”
Umva ikiganiro kirambuye (…)

Gikundiro Annick, w’imyaka 16, wiga muri “Glory Secondary School” avuga ko impano yo kuvuga imivugo imurimo azayikoresha kugira ngo ifashe benshi.

Gikundiro ngo yatangiye kwiyumvamo iyi mpano, ubwo yandikaga bimwe mu bihe bagenzi be banyuzemo, ndetse n’izindi nkuru zisa nk’izibabaje z’ibyabaga kuri bagenzi be b’incuti.

Ati “Kuvuga imivugo kuri njye biranshimisha cyane kuko ubuhanzi nk’ubu kuri iyi myaka yanjye ni bake babikora, bitungura abantu benshi.”

Umva ikiganiro kirambuye yagiranye na Radio Netherland:

Mu kiganiro yagiranye na Radio Netherland Gikundiro yavuze ko kuvuga imivugo abikora kuko abikunze, kuko yagiye ashyigikirwa n’ababyeyi be, ariko ko byabanje kumutera isoni gusiga imbere y’abantu benshi ariko ubu ngo atangiye kugenda abimenyera, ndetse akumva impano igenda ikura muri we.

Gikundiro yatangaje ko agenda avuga imivugo akurikije ibyo agenda abona, yumva cyangwa amenya.

Gikundiro avuga ko yatangiye ubusizi ku myaka 14

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages