Indwara nk’umutima, agahinda gakabije n’izindi zitandukanye zo muri ibi bihe, abanyarwanda babashaga kuzirinda ahanini bakoresheje ibitaramo, byatumaga abantu bahorana akanyamuneza.
Igitaramo cyabaga kigizwe n’ibice bitanu birimo igitaramo cy’Umuryango, icy’Uburere mboneragihugu, icy’Ibwami, icy’Umuganura n’icy’Imihigo.
Ibi byose byatumaga Abanyarwanda baharanira guhorana ubutwari,ibigwi n’imihigo by’ibyo bazageraho mu muryango,ku gihugu no ku Isi.
Kurikira amashusho usobanukirwe



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!