Yabajije nyina ikibazo afite gituma ahora anywa imiti undi amusubiza ko ari iy’inkorora.
Byarakomeje kugeza agize imyaka 11 y’amavuko ubwo yamenyaga ko arwaye SIDA.
Ubuhamya bwe burababaje, gusa yabashije kwiyakira ndetse agira inama abakiri bato ku buryo bakwiriye kwitwara.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!