Hari imiryango imwe n’imwe yagiye igaragaza inenge muri iryo tegeko, ko ryari rikwiye kwemerera n’abana bari munsi y’imyaka 18 kuba baboneza urubyaro kuko imibare y’abangavu baterwa inda igenda yiyongera.
Mu Ukwakira 2022, Inteko Ishinga Amategeko yanze umushinga w’itegeko wari ugamije guhindura itegeko risanzwe ryerekeye ubuzima bw’imyororokere hagamijwe kwemerera abangavu kuboneza urubyaro.
Ushobora kwibaza icyo urubyiruko rutekereza kuri iyo ngingo yo kuba abangavu cyangwa urubyiruko muri rusange baboneza urubyaro.
Twaganiriye na bamwe biga muri Kaminuza zitandukanye bagaragaza uko babyumva.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!