Abapfuye ni umugore w’imyaka 89 wo mu karere ka Nyamagabe n’umugabo w’imyaka 93 wo mu karere ka Ngororero. Byatumye umubare w’abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo mu Rwanda uba 340.
Abanduye kuri uyu waKabiri ni 59, bituma umubare w’abamaze kwandura uba 25773. Abakize ni 178, bikaba byatumye umubare w’abamaze gukira bose uba 24 333.
Abakirwaye ni 1100, nta n’umwe urembye naho abamaze gukingirwa ni 350 400.
11.05.2021 Amakuru Mashya | Update
Twihanganishije imiryango y’umugore w’imyaka 89 (i Nyamagabe) n’umugabo w’imyaka 93 (i Ngororero) bitabye Imana / Condolences to families of 89 yo woman (in Nyamagabe) and 93 yo man (in Ngororero) who passed away pic.twitter.com/DDaOnvVRQO
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) May 11, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!