Abakize ni 59, bituma umubare w’abamaze gukira uba 17810 mu gihe abakirwaye ari 1442, barimo 11 barembye. Nta muntu wapfuye ahitanywe na Covid-19 kuri uyu wa Gatandatu.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abamaze gukingirwa bose guhera kuwa Gatanu ubwo hatangizwaga igikorwa cyo gukingira Covid-19 mu Rwanda, bangana na 158,898 barimo 83,842 bakimngiwe kuri uyu wa Gatandatu gusa.
Mu majyaruguru hmaze gukingirwa abantu 31286, mu Majyepfo hakingiwe abantu 42 614, mu Burengerazuba hakingiwe abantu 39 437 naho mu Burasirazuba hakingiwe abantu 39 499.
06.03.2021 Amakuru Mashya | Update
Abakingiwe bose hamwe ni 158,898 ( barimo 83,842 bashya).
Igiteranyo cy'imibare y'abakingiwe mu turere kiragaragaza abahawe urukingo kuva ku itariki ya 05.03.2021. pic.twitter.com/IF7Repb8hP
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) March 6, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!