Abanduye kuri uyu wa Kane batumye umubare w’abamaze kwandura bose baba 25 486 mu gihe abamaze gukira bose ari 23 876.
Abakirwaye ni 1272, nta n’umwe urembye. Nta muntu wahitanywe na Covid-19, bikaba byatumye abamaze gupfa bakomeza kuba 338.
Abantu 350465 nibo bamaze gukingirwa barimo 113 bakingiwe kuri uyu wa Kane.
Abarwayi bashya abenshi babonetse Nyamagabe 25, Kigali 8, Karongi 6, Nyaruguru 6.
06.05.2021 Amakuru Mashya | Update pic.twitter.com/zKpS5HsJ8r
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) May 6, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!