00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ese koko imiti yongera akanyabugabo irakora? (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 13 July 2026 saa 01:25
Yasuwe :

Bamwe mu bagabo ntibasiba kugaragaza ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kuba igitsina cyabo kidafata umurego byoroshye, cyangwa cyanawufata bakabangamirwa no kurangiza vuba. Ibi byatumye benshi bayoboka imiti yamamazwa n’abavuga ko yongera akanyabugabo.

Ikibazo benshi bibaza kugeza ubu ni ikijyanye n’ubuziranenge bw’iyi miti n’umusaruro itanga ku wayifashe.

Niba nawe uri mu bibaza iki kibazo, kurikira iki kiganiro twagiranye na Shangazi Emma Claudine


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages