00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ingaruka z’imisoro ya Amerika ku Rwanda, ubucuruzi bw’ikoranabuhanga n’ibindi: Ikiganiro na Minisitiri Sebahizi

Yanditswe na IGIHE
Kuya 4 April 2026 saa 12:42
Yasuwe :

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Sebahizi Prudence, aherutse kugirana ikiganiro na IGIHE ubwo yari i Yaoundé muri Cameroun yitabiriye Inama y’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi, WTO.

Ni inama yarangiye ku wa 29 Werurwe.

Muri iki kiganiro yagarutse ku mavugurura akwiriye gukorwa muri uyu muryango ari nayo yaganirwagaho, ingaruka z’imisoro yashyizweho na Trump ku bucuruzi bw’u Rwanda, ahazaza h’ubucuruzi bwo kuri internet n’ibindi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages