Bivugwa ko Bahala yagiye i Kampala ku busabe bwa Guverinoma ya Congo ngo ayifashe kuganira na M23, nyamara Congo yo yarabihakanye ndetse itangiza iperereza kuri we.
Ntabwo biramenyekana uburyo itsinda rinini riyobowe na Bahala ryahagurutse i Kinshasa Guverinoma ibizi, nyamara ryagera i Kampala rigahura na M23 akaba ari bwo Guverinoma ivuga ko itabizi.
Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi umenye neza ukuri k’uku gusubiranamo mu butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!