Ngunda yakugiriye atya mu gitondo cya kare abyutsa umugore we ngo namuzanire icyo kwica umwaku, umugore kuko yarazi ko umugabo yikundira ibiryo azana amoko menshi ngo yihitiremo.
Ngunda afata ibijumba, byaraye, ibigori byokeje n’ibitogoshije, arangije arenzaho ikigage, uko yatamiraga inzoka mu nda zikagonga, nawe ati mwa bintu mwe bimbereye mu nda mbasabye kumwikana, mukareka gutonganira mu nda yange, kuko nimutumvikana ndabasohora.
Ngunda yarakomeje avanga ibyo kurya nibyo kunwa nkuko umugore yabizanye, mu mwanya muto aba atangiye kuruka (kugarura ibyo yariye) ikimwaro kinshi ’’Igihe nahereye mbabwira ko nimutumvikana mbasohora mwagizengo ndakina”
2. Umugore wari ufite umukozi wo mu rugo w’inkumi rimwe yigeze kubura ikariso ze ebyiri, nuko ari hamwe n’umugabo we ahamagara wa mukozi ati ’’Ko nabuze amakariso yanjye ninde uyiba? kandi wasanga ari wowe uyatwara? Umukozi ati “Oya, umugabo wawe yambera umuhamya ntabwo njya nambara ikariso”.



















TANGA IGITEKEREZO