2. Mafene yakoraga mu ibagiro, ku mugoroba atashye umugore aramubaza ati “Kuki utajya utahana umugati na rimwe?” Mafene aramusubiza ati “Mukuru wawe ukora muri ’morgue’ yari yatahana umupfu na rimwe? Musaza wawe ukora ku kibuga cy’ikindege yari yatahana indege? Papa wawe ko ari Pasitori yari yatahana Imana? Wa mugore we waretse kumbera ikigeragezo koko!"



















TANGA IGITEKEREZO