Umugabo nawe yitonze aramureba aramusubiza ati:"hum, ntabwo bari kubasezeranya kuko amategeko y’u Rwanda ntasezeranya abavandimwe".
– Umunsi umwe abagabo babiri bari kumwe berekereza aho bategera imodoka bahageze basanga ihagurutse n’uko bayirukaho umwe aba arayuriye undi asigara aseka, araseka koko!
Maze umuntu umwe mu bari aho aramubaza ati “ese kuki useka kandi gari ya moshi igusize? “nawe ati “nawe byagusetsa, uriya ugiye yari amperekeje!”



















TANGA IGITEKEREZO