00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyina wabo wa Angelina Jolie yahitanywe na Kanseri

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 27 May 2013 saa 10:29
Yasuwe :

Kuri iki Cyumweru nyina wabo wa Angelina Jolie witwa Debbie Martin yahitanywe na kanseri y’amabere. Apfuye afite imyaka 61 aguye mu bitaro bya Escondido muri California.
Ibi bibaye nyuma y’aho uyu mukinnyi w’icyamamare mu mafilimi atangarije ko aheruka kwigagisha amabere inshuro ebyiri mu rwego rwo kwigabanyiriza ibyatuma yandura iyi ndwara.
Nyina wa Angelina Jolie nawe yahitanywe n’iyi ndwara ya kanseri mu 2007.
Uretse gukina amafilimi, Angelina Jolie, w’imyaka 37 ni n’intumwa (…)

Kuri iki Cyumweru nyina wabo wa Angelina Jolie witwa Debbie Martin yahitanywe na kanseri y’amabere. Apfuye afite imyaka 61 aguye mu bitaro bya Escondido muri California.

Ibi bibaye nyuma y’aho uyu mukinnyi w’icyamamare mu mafilimi atangarije ko aheruka kwigagisha amabere inshuro ebyiri mu rwego rwo kwigabanyiriza ibyatuma yandura iyi ndwara.

Nyina wa Angelina Jolie nawe yahitanywe n’iyi ndwara ya kanseri mu 2007.
Uretse gukina amafilimi, Angelina Jolie, w’imyaka 37 ni n’intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye.

Muri Werurwe, Angelina Jolie ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta y’u Bwongereza ushinzwe ububanyi n’amahanga, William Hague, basuye u Rwanda.

Debbie Martin, nyina wabo wa Angelina Jolie wahitanywe na kanseri
Angelina Jolie ari kumwe na nyina we Marcheline Bertrand nawe wishwe na kanseri

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages