00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Tom Close nta bwoba aterwa n’abamuvuga

Yanditswe na
Kuya 20 March 2013 saa 10:36
Yasuwe :

Umuhanzi Muyombo Thomas uzwi cyane ku izina rya Tom Close, Kuri ubu ni umuganga mu bitaro bya gisirikare i kanombe. Nyuma y’aho benshi bakomeje kugenda bavuga byinshi kuri Tom Close ko yaba yarasubiye inyuma muri muzika ye, Tom Close siko abibona. Avuga ko afite byinshi bishya arimo gukora kandi byiza, ahubwo abo bamuvuga ko nta bwoba bamuteye ko byakabaye byiza ko bareba ibikorwa akora.
Aganira na IGIHE, Tom Close yagize ati” Kugeza ubu abantu twese twakabaye dukora ibintu biduteza (…)

Umuhanzi Muyombo Thomas uzwi cyane ku izina rya Tom Close, Kuri ubu ni umuganga mu bitaro bya gisirikare i kanombe. Nyuma y’aho benshi bakomeje kugenda bavuga byinshi kuri Tom Close ko yaba yarasubiye inyuma muri muzika ye, Tom Close siko abibona. Avuga ko afite byinshi bishya arimo gukora kandi byiza, ahubwo abo bamuvuga ko nta bwoba bamuteye ko byakabaye byiza ko bareba ibikorwa akora.

Aganira na IGIHE, Tom Close yagize ati” Kugeza ubu abantu twese twakabaye dukora ibintu biduteza imbere kurusha gukora ibidusubiza inyuma, muri muzika rero nziko nkoresha imbaraga zanjye zose kandi nibyo nkora birakundwa, sinumva rero ko ubu twakabaye tukiri mu magambo atadufitiye akamo”. ariyo mpamvu nakoze indirimbo nise "Ni uwanjye".

Umva indirimbo ya Tom Close "Ni Uwanjye".

Tom Close niwe muhanzi wa mbere wegukanye igihembo cy’amarushanwa ya Primus Guma Guma Superstar icyiciro cya mbere.

Hano hari hategerejwe utsinda hagati ya Tom Close na King James

Hari hateganyijwe utsinda hagati yaTom Close na King James

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages