00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

HipHop yanjye sinzayishyira mu ndimi z’Amahanga- Shooterman

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 23 March 2013 saa 10:44
Yasuwe :

Murengera Norbert uzwi ku izina rya Shooterman, kuri ubu aravuga ko indirimbo nyinshi zigenda zivanga indimi z’Amahanga. Ariko kuri we abona nta kamaro karimo kuko bakabaye bateza imbere ururimi rw’Ikinyarwanda kurusha kuririmba indimi zindi.
Aganira na IGIHE, Shooterman yagize ati ”buri muntu mu buzima yakabaye agira ikintu cye cy’umwihariko adahuriraho n’abandi, ariyo mpamvu HipHop nyarwanda yagashinze umuzi kurusha gutira imva mahanga”.
Shooterman ni umunyeshuri warangije amashuri (…)

Murengera Norbert uzwi ku izina rya Shooterman, kuri ubu aravuga ko indirimbo nyinshi zigenda zivanga indimi z’Amahanga. Ariko kuri we abona nta kamaro karimo kuko bakabaye bateza imbere ururimi rw’Ikinyarwanda kurusha kuririmba indimi zindi.

Aganira na IGIHE, Shooterman yagize ati ”buri muntu mu buzima yakabaye agira ikintu cye cy’umwihariko adahuriraho n’abandi, ariyo mpamvu HipHop nyarwanda yagashinze umuzi kurusha gutira imva mahanga”.

Shooterman ni umunyeshuri warangije amashuri yisumbuye umwaka ushize wa 2012.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages