Murengera Norbert uzwi ku izina rya Shooterman, kuri ubu aravuga ko indirimbo nyinshi zigenda zivanga indimi z’Amahanga. Ariko kuri we abona nta kamaro karimo kuko bakabaye bateza imbere ururimi rw’Ikinyarwanda kurusha kuririmba indimi zindi.
Aganira na IGIHE, Shooterman yagize ati ”buri muntu mu buzima yakabaye agira ikintu cye cy’umwihariko adahuriraho n’abandi, ariyo mpamvu HipHop nyarwanda yagashinze umuzi kurusha gutira imva mahanga”.
Shooterman ni umunyeshuri warangije amashuri yisumbuye umwaka ushize wa 2012.



















TANGA IGITEKEREZO