Ibikoresho bya muzika, ni buri kintu gikorwa, gifitiwe intego yo gutanga cyangwa gusohora ijwi ry’umuziki. Bimwe mu bikoresho bya muzika bikunze kugaragara by’umwihariko mu Rwanda, harimo imyirongi, ingoma za kizungu, Piyano, Gitari, Umuduri, Inanga, Ingoma zigizwe n’Ishakwe, Inyahura, Igihumurizo, n’ibindi bikoresho bitandukanye.
Mu bindi bikoresho bigaragara hirya no hino ku isi, ni byinshi cyane, aho birimo ibisohora amajwi hifashishijwe ingufu z’amashanyarazi, ibikubitwa kugira ngo bitange ijwi, ibikoreshwa n’umwuka birimo ibihuhwamo, n’ibindi bikoranye ubuhanga mu rwego rwo gutanga ijwi. Foto/Internet



















TANGA IGITEKEREZO