Nyuma y’ubushakashatsi hifashishijwe indirimbo n’imbuga nkoranyambaga z’abahanzi hari abakobwa bagaragara muri showbiz bakunda imyambaro migufi.
6. Sacha
Sacha yagaragaye bwa mbere mu ndirimbo za Urban Boys, ariko kugeza ubu na we ni umuhanzikazi nyarwanda, aho usanga mu bitaramo henshi aba yiyambariye imyenda migufi, bikagaragarira cyane ku rubuga rwa facebook.
5. Jody Phibi
Ni umwe mu bahanzi bazamutse vuba cyane, usanga amaze no gukorana n’abahanzi bagenzi be indirimbo zitandukanye. Akaba nawe rero yaraje kuri urwo rutonde aho usanga indirimboze nyinshi yambaye imyenda migufi.
4. Knolia Isaro Lydie
Uyu Lydie akaba azwi cyane nk’inshuti y’abahanzi, cyane cyane aho usanga agaragara ku rubuga rwe rwa facebook yambaye imyenda itari miremire.
3.
2. Butera Knowless
Knowless azwi mu njyana ya R’n’B hano mu Rwanda, na we aza kuri uru rutonde nk’umuririmbyikazi ukunda imyenda itari miremire, ku buryo na we agaragara henshi yambaye imyenda migufi.
1. Keza Stamina Fearless
Uyu waje ku mwanya wa mbere na we yagaragaye cyane mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi nyarwanda batandukanye harimo Nkunda ya Ciney, Ndi uwawe ya Passy n’izindi.
Keza akunda kugaragara yambaye imyenda migufi cyane ku mafoto yo ku rubuga rwa Facebook. Keza rero nyuma y’aho yagiye agaragara mu mashusho y’indirimbo z’abandi, ubu nawe yinjiye muri muzika atangira gukora indirimbo ze.



















TANGA IGITEKEREZO