00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Niko Biri

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 17 September 2012 saa 02:09
Yasuwe :

Intro The Snipers in thaplace Christopher kina music Bifate uko biri Chorus: Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo bifate uko biri Urwo ngukunda ntagukabya kurimo bifate uko biri Kuko ngukunda ntagukabya kurimo bifate uko biri Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri bifate uko biri Bifate uko biri Verse1: Niko biri murukundo ntaribi Niko biri murukundo ntaribi jye Nakunze ibyawe byose ntanakimwe umpaye nakunze ukuri ntitaye kuriyo taye (talle) nashimye wowe kuko mbona ntacyo utwaye ko ntacyo (…)

  • Intro
  • The Snipers in thaplace
  • Christopher kina music
  • Bifate uko biri
  • Chorus:
  • Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
  • bifate uko biri
  • Bifate uko biri
  • Verse1:
  • Niko biri murukundo ntaribi
  • Niko biri murukundo ntaribi jye
  • Nakunze ibyawe byose ntanakimwe umpaye
  • nakunze ukuri ntitaye kuriyo taye (talle)
  • nashimye wowe kuko mbona ntacyo utwaye
  • ko ntacyo ntaguhaye nikuki utabibona
  • shyira umutima hamwe utere intambwe unsanga
  • batagukanga kuko ari wowe muganga
  • I love u listen baby I love u yee!
  • Niwowe mwari ufite ubwiza budatizwa
  • Nizina ryawe baby numva naribatizwa
  • Ntura umutwaro maze cool mve mubuyobe
  • Murusobe rwabashaka nguhebe yee!
  • Njye mbahe ukuri kuko byo niko biri
  • I lv u listen baby I lv u yee!
  • I lv u listen baby I need u girl
  • Chorus:
  • Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
  • bifate uko biri
  • Bifate uko biri
  • Verse2:
  • Niko biri murukundo ntaribi yee
  • Niko kuri mumutima wange niho uri
  • Niwowe nkunda mu manzaganya
  • Niwowe nkunda mu mazi abira
  • Wituma ndira sinshaka kubabara
  • Ndashaka kuba aho uri buri gihe nguhoza
  • Ku mutima nge nkava mu mwijima
  • Nkagusasira nkagusegura
  • mu byo nkora byose nkakurinda amarira ahh!
  • Urigitangaza sinzakubabaza
  • Nzagutetesha ngutonesha nguhe byose usha 
  • Kabe naho bavuga ko ntagukwiriye
  • Nzaba nka danny njye nkwereke igikwiriye
  • Tujye hose ubone byose nkwereke incuti
  • Uzaze dore kurijye urabaruta
  • Uzaze nibyokurijye ura merita
  • Chorus:
  • Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
  • bifate uko biri
  • Bifate uko biri
  • Verse3:
  • Igihe niki ukuri nuku nkakubwira byose
  • Byose rwose kurijye nkakwereka ababyeyi
  • Dushyire hamwe twese tube umwe ahh!
  • Nguhe ituze kuko jye sinzagutesa
  • Cyo ngwino mwami kazi nkubere umucunguzi
  • Umuhinyuzi wabavuga ibyo batazi
  • Isi irimo byinshi bituma duhinduka
  • Ndetse kenshi nibyo bituma duhemuka
  • Tugateshuka kuntego twiyemeje
  • Gusa wowe mbona ntaza bikugirira
  • Mubibi no byago njye sinzaguhinduka
  • Nzaharanira guhora ngukorera
  • Nguhahira nawe uzabyarira boute
  • Nzaguha icyushaka umpurukundo ntuze
  • Ndabivuze ngo umenye yuko ngukunda
  • Nikobiri njye nzagusigasira ahh
  • Nikobiri njye nzabigukorera yoo
  • Chorus:
  • Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
  • bifate uko biri
  • Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
  • bifate uko biri
  • Bifate uko biri
  • Song: Niko Biri
  • Produced by: Kina Music (Clement Ishimwe)
  • Artist: The snipers ft Christopher


KANDA HANO USHOBORE KUMVA

Kwamamaza

Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Inkuru ziheruka - Indirimbo

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages
. . . . . .