- Intro
- The Snipers in thaplace
- Christopher kina music
- Bifate uko biri
- Chorus:
- Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
- bifate uko biri
- Bifate uko biri
- Verse1:
- Niko biri murukundo ntaribi
- Niko biri murukundo ntaribi jye
- Nakunze ibyawe byose ntanakimwe umpaye
- nakunze ukuri ntitaye kuriyo taye (talle)
- nashimye wowe kuko mbona ntacyo utwaye
- ko ntacyo ntaguhaye nikuki utabibona
- shyira umutima hamwe utere intambwe unsanga
- batagukanga kuko ari wowe muganga
- I love u listen baby I love u yee!
- Niwowe mwari ufite ubwiza budatizwa
- Nizina ryawe baby numva naribatizwa
- Ntura umutwaro maze cool mve mubuyobe
- Murusobe rwabashaka nguhebe yee!
- Njye mbahe ukuri kuko byo niko biri
- I lv u listen baby I lv u yee!
- I lv u listen baby I need u girl
- Chorus:
- Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
- bifate uko biri
- Bifate uko biri
- Verse2:
- Niko biri murukundo ntaribi yee
- Niko kuri mumutima wange niho uri
- Niwowe nkunda mu manzaganya
- Niwowe nkunda mu mazi abira
- Wituma ndira sinshaka kubabara
- Ndashaka kuba aho uri buri gihe nguhoza
- Ku mutima nge nkava mu mwijima
- Nkagusasira nkagusegura
- mu byo nkora byose nkakurinda amarira ahh!
- Urigitangaza sinzakubabaza
- Nzagutetesha ngutonesha nguhe byose usha
- Kabe naho bavuga ko ntagukwiriye
- Nzaba nka danny njye nkwereke igikwiriye
- Tujye hose ubone byose nkwereke incuti
- Uzaze dore kurijye urabaruta
- Uzaze nibyokurijye ura merita
- Chorus:
- Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
- bifate uko biri
- Bifate uko biri
- Verse3:
- Igihe niki ukuri nuku nkakubwira byose
- Byose rwose kurijye nkakwereka ababyeyi
- Dushyire hamwe twese tube umwe ahh!
- Nguhe ituze kuko jye sinzagutesa
- Cyo ngwino mwami kazi nkubere umucunguzi
- Umuhinyuzi wabavuga ibyo batazi
- Isi irimo byinshi bituma duhinduka
- Ndetse kenshi nibyo bituma duhemuka
- Tugateshuka kuntego twiyemeje
- Gusa wowe mbona ntaza bikugirira
- Mubibi no byago njye sinzaguhinduka
- Nzaharanira guhora ngukorera
- Nguhahira nawe uzabyarira boute
- Nzaguha icyushaka umpurukundo ntuze
- Ndabivuze ngo umenye yuko ngukunda
- Nikobiri njye nzagusigasira ahh
- Nikobiri njye nzabigukorera yoo
- Chorus:
- Ibyo nkubwira ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Urwo ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Kuko ngukunda ntagukabya kurimo
- bifate uko biri
- Ni ukuri ibyomvuga ni ukuri
- bifate uko biri
- Bifate uko biri
- Song: Niko Biri
- Produced by: Kina Music (Clement Ishimwe)
- Artist: The snipers ft Christopher
KANDA HANO USHOBORE KUMVA
TANGA IGITEKEREZO