INFO:
Iyi ndirimbo y’umuhanzi Mako Nikoshwa irimba ku rukundo. Ubwo yayishyikirizaga IGIHE.ccom, Mako Nikoshwa yavuze ko iyi ndirimbo yayihimbye mu njyana akunzwemo kandi akunda kwibandaho mu kuririmba.
Avuga ko ubutumwa itanga buri mu butumwa agenera abakunzi b’ibihangano bye, ubutumwa buhindura isi kndi bugendeye ku mibereho y’abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange.
"Ngwino mu rugo, wihera hanze y’urugo niba unkunda, ngwino ube uwanjye", amagambo ya Mako Nikoshwa.
TANGA IGITEKEREZO