00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Liliane Kabaganza yerekeje i Bujumbura kuririmba

Yanditswe na

Kanyamibwa Patrick

Kuya 29 Nzeri 2012 saa 03:50
Yasuwe :

Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Liliane Kabaganza umenyerewe ku Rwanda mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ku wa Kane nibwo yafashe ingege yerekeza i Burumbura mu Burundi, aho agiye ku ririmba muri icyo gihughu mu giterane giteganyijwe.
Nk’uko yabitangarije IGIHE kuwa Kane tariki ya 27 Nzeri 2012, ku Kibuga cy’Indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, ngo Liliane Kabaganza yatumiwe i Bujumbura mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa “Dynamique”.
Muri (...)

Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Liliane Kabaganza umenyerewe ku Rwanda mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ku wa Kane nibwo yafashe ingege yerekeza i Burumbura mu Burundi, aho agiye ku ririmba muri icyo gihughu mu giterane giteganyijwe.

Nk’uko yabitangarije IGIHE kuwa Kane tariki ya 27 Nzeri 2012, ku Kibuga cy’Indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, ngo Liliane Kabaganza yatumiwe i Bujumbura mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa “Dynamique”.

Muri ki giterane Kabaganza azaba ari kumwe n’undi muhanzi w’Umunyarwanda Zaninka Joselinekandi amatike y’indege, aho bazaba n’ibindi byose bikaba bizakorwa n’urwo rusengero rwabatumiye.
Liliane Kabaganza yerekeje i Bujumbura kuririmba

Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Liliane Kabaganza umenyerewe ku Rwanda mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ku wa Kane nibwo yafashe ingege yerekeza i Burumbura mu Burundi, aho agiye ku ririmba muri icyo gihughu mu giterane giteganyijwe.

Nk’uko yabitangarije IGIHE kuwa Kane tariki ya 27 Nzeri 2012, ku Kibuga cy’Indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, ngo Liliane Kabaganza yatumiwe i Bujumbura mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa “Dynamique”.

Muri ki giterane Kabaganza azaba ari kumwe n’undi muhanzi w’Umunyarwanda Zaninka Joselinekandi amatike y’indege, aho bazaba n’ibindi byose bikaba bizakorwa n’urwo rusengero rwabatumiye.

Uretse iki giterane yitabiriye I Bujumbura, Kabaganza arimo no gukora amashusho umizingo ye ibiri (album) izaba ari mu Kinyarwanda Igiswahili, zose ashaka ko zizasohokera rimwe umwaka utaha wa 2013.


Kwamamaza

Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Inkuru ziheruka - Amakuru

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages
. . . . . .