00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kid Gaju yatangiye kumurika ibyo yakoreye i Bugande

Yanditswe na

Jean Paul Ibambe

Kuya 19 May 2014 saa 05:03
Yasuwe :

Umuririmbyi Kid Gaju yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo yise ‘Amata’. Aya mashusho akaba ari umwe mu musaruro w’ibikorwa yakoreye i Bugande.
Mu kiganiro umunyamakuru wa IGIHE yagiranye na Muyoboke Alex, uherutse gusinyana amasezerano y’ubujyanama n’uyu muhanzi, yavuze ko i Bugande bahakoreye ibikorwa byinshi kandi bizajya hanze mu minsi ya vuba.
Mu byo bakoreye i Bugande, harimo indirimbo nshya harimo n’iyo Kid Gaju yakoranye na Cindy.
Muyoboke yabwiye IGIHE ko mu byumweru (…)

Umuririmbyi Kid Gaju yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo yise ‘Amata’. Aya mashusho akaba ari umwe mu musaruro w’ibikorwa yakoreye i Bugande.

Mu byumweru bibiri harasohoka indirimbo Kid Gaju yakoranye na Cindy

Mu kiganiro umunyamakuru wa IGIHE yagiranye na Muyoboke Alex, uherutse gusinyana amasezerano y’ubujyanama n’uyu muhanzi, yavuze ko i Bugande bahakoreye ibikorwa byinshi kandi bizajya hanze mu minsi ya vuba.

Mu byo bakoreye i Bugande, harimo indirimbo nshya harimo n’iyo Kid Gaju yakoranye na Cindy.

Muyoboke yabwiye IGIHE ko mu byumweru bibiri indirimbo nshya ya Kid Gaju na Cindy aribwo izajya hanze.

Yagize ati: “Twakoze indirimbo zigera kuri 3 na video 2, iya Cindy izasohoka nyuma y’ibyumweru bibiri. Ubu turimo kurangiza album igomba kujya hanze mu mpera z’uyu mwaka.”

Reba indirimbo ’Amata’ hano

Kid Gaju ubwo yafataga amashusho y'indirimbo ye na Cindy
Kid Gaju

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages
. . . . . .