INFO:
Iyi ndirimbo yakozwe na Producer T-Brown muri Studio Ibisumizi. Uyu muhanzi avuga ko benshi mu bakunzi be bakunda kwibaza aho yagiye ari nayo mpamvu yabashyiriye hanze iyi ndirimbo ye nshya yise Ndiho.
Iyi ndirimbo yayifashijwemo mu nyikirizo n’umuhanzi witwa Gloria.
KANDA HANO USHOBORE KUMVA
Ndiho By Ciney
TANGA IGITEKEREZO