- Ndatinyutse kugukunda
- Ndatinyutse kukureba
- Ndatinyutse kuvugana
- Nabonye itandukaniro
- 1.
- Nyuma y’iminsi itari myinshi tubonanye
- Umbwiye yuko njye nitonda
- Nkakureba nawe ukandeba
- Nkubika amaso
- Ariko ubu ngubu
- Ndatinyutse nabonye itandukaniro
- 2.
- Ubu hari icyo nshaka kukubwira
- Kivuye ku mutima
- Ni uko twaba inshuti
- Tugire ibyishimo
- Akanyamuneza gatahe umutima
- Ndagusabye wumve iri jwi ryanjye
- Ndashaka ko undeba
- Ndatinyutse, ndatinyutse.
- 3.
- Nakomeje kubona wowe unyitayeho
- Undeba kenshi unshaka kenshi
- Umvugisha kenshi
- Ukabicisha ku nshuti zanjye
- Ngo umenye ibyanjye
- Ariko ubu ngubu
- Wowe ntuvunike
- sinkiri tumide
TANGA IGITEKEREZO