00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Jay Polly yafashe umunota wo kunamira Hirwa Henry

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 3 December 2012 saa 02:18
Yasuwe :

Mu gitaramo cyo kumurika Album ya gatatu yise “Umwami Uganje” kuri iki cyumweru tariki ya kabiri Ukuboza 2012, Jay Polly n’abafana be bafashe umunota umwe bibuka umuhanzi Henry Hirwa wo muri KGB wapfuye arohamye mu kiyaga cya Muhazi.
Jay Polly yavuze ko nta After Party (gukomereza igitaramo ahandi hantu) y’igitaramo cye ihari, kubera ko bari kwibuka uyu muhanzi wabavuyemo.
Yasabye abafana be kurushaho gusura umuryango w’uyu muhanzi, bagatanga n’ubundi bufasha bwose bashoboye.
Uretse (…)

Mu gitaramo cyo kumurika Album ya gatatu yise “Umwami Uganje” kuri iki cyumweru tariki ya kabiri Ukuboza 2012, Jay Polly n’abafana be bafashe umunota umwe bibuka umuhanzi Henry Hirwa wo muri KGB wapfuye arohamye mu kiyaga cya Muhazi.

Jay Polly yavuze ko nta After Party (gukomereza igitaramo ahandi hantu) y’igitaramo cye ihari, kubera ko bari kwibuka uyu muhanzi wabavuyemo.

Yasabye abafana be kurushaho gusura umuryango w’uyu muhanzi, bagatanga n’ubundi bufasha bwose bashoboye.

Uretse Jay Polly, benshi mu bahanzi nyarwanda bagaragaje ko bafashe mu mugongo umuryango wa Henry, babinyujije ku mbuga za Facebook na twitter.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages