00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Abakobwa n’abahungu 90 mu myitozo yo kwerekana imideri

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 28 November 2012 saa 11:48
Yasuwe :

Ikigo Premier Model Agence (PMA), kirakoresha amarushanwa y’abahungu n’abakobwa barenga 90 berekana imideri mu Rwanda.
Aya marushanwa yiswe ‘Rwandan Premier Models Competition 1st Edition’, abahungu 40 n’abakobwa 50.
Aganira na IGIHE, umuyobozi wa PMA Ndayishimiye Jean Claude, yavuze ko aba bakobwa n’abahungu bazigishwa ingendo n’uko umurika imideri yitwara.
Aba banyamideri kandi ngo bazahabwa amasomo yo kwita ku mibiri yabo n’ayo kwifotoza, dore ko hari n’umufotozi mpuzamahanga (…)

Ikigo Premier Model Agence (PMA), kirakoresha amarushanwa y’abahungu n’abakobwa barenga 90 berekana imideri mu Rwanda.

Aya marushanwa yiswe ‘Rwandan Premier Models Competition 1st Edition’, abahungu 40 n’abakobwa 50.
Aganira na IGIHE, umuyobozi wa PMA Ndayishimiye Jean Claude, yavuze ko aba bakobwa n’abahungu bazigishwa ingendo n’uko umurika imideri yitwara.

Aba banyamideri kandi ngo bazahabwa amasomo yo kwita ku mibiri yabo n’ayo kwifotoza, dore ko hari n’umufotozi mpuzamahanga waturutse muri Canada waje kubafata amafoto azakoreshwa mu kubamamaza ku rwego mpuzamahanga.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages