00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

’Jaden Smith’ aragaragaza gukura bidasanzwe

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 29 March 2013 saa 11:20
Yasuwe :

Jaden Smith, umuhungu w’icyamamare muri filme na muzika ‘Will Smith’ aragenda akura umunsi ku munsi ku buryo asigaye agaragaza igihagararo cyitajyanye n’imyaka ye.
Jaden Smith na we uri gutera ikirenge mu cya se umubyara, dore ko na we ari kwigaragaza muri sinema nk’aho yakinanye na Jacky Chan muri ‘Karate Kid’, ndetse no muri muzika, dore ko agaragara nk’uzaba ikirangirire mu njyana ya Hip Hop, ubwo yari ari gufata amashusho y’indirimbo ye “Kite” afatanyije na mushiki we ‘Willow Smith’ mu (…)

Jaden Smith, umuhungu w’icyamamare muri filme na muzika ‘Will Smith’ aragenda akura umunsi ku munsi ku buryo asigaye agaragaza igihagararo cyitajyanye n’imyaka ye.

Jaden Smith na we uri gutera ikirenge mu cya se umubyara, dore ko na we ari kwigaragaza muri sinema nk’aho yakinanye na Jacky Chan muri ‘Karate Kid’, ndetse no muri muzika, dore ko agaragara nk’uzaba ikirangirire mu njyana ya Hip Hop, ubwo yari ari gufata amashusho y’indirimbo ye “Kite” afatanyije na mushiki we ‘Willow Smith’ mu mujyi wa New York, byatumye mushiki we anamuha impano amushimira ukuntu asigaye afite igihagararo cy’umusore ku myaka 14 yonyine afite.

Umva indirimbo "Kite" afatanyije na Willow hano:

Jaden kandi afite film yakoranye na se yitwa “After Earth” iteganywa gushyirwa hanze mu minsi ya vuba.

Reba incamake ya filme "After Earth" hano:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages