00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Sean Kingston yangiwe gukora igitaramo muri Canada

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 3 September 2013 saa 09:58
Yasuwe :

Gushinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu n’abakozi be babiri umukobwa w’imyaka 19 mu mwaka wa 2010, byatumye umuhanzi Sean Kingston yangirwa gukora igitaramo yari afite tariki 7 Ugushyingo muri Kaminuza y’i Western Ontario iri mu gihugu cya Canada.
Urubuga TMZ rwanditse ko Sean Kingston byari biteganyijwe ko Tariki 7 Ugushyingo muri uyu mwaka yari kuzaririmbira abanyeshuri bashya bo muri iyi Kaminuza yo mu gihugu cya Canada y’i Western Ontario ariko ko nyuma yaho ashinjijwe icyaha (…)

Gushinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu n’abakozi be babiri umukobwa w’imyaka 19 mu mwaka wa 2010, byatumye umuhanzi Sean Kingston yangirwa gukora igitaramo yari afite tariki 7 Ugushyingo muri Kaminuza y’i Western Ontario iri mu gihugu cya Canada.

Urubuga TMZ rwanditse ko Sean Kingston byari biteganyijwe ko Tariki 7 Ugushyingo muri uyu mwaka yari kuzaririmbira abanyeshuri bashya bo muri iyi Kaminuza yo mu gihugu cya Canada y’i Western Ontario ariko ko nyuma yaho ashinjijwe icyaha cyo gufata kungufu bahisemo kugisubika.

Kingston aregwa kuba yarasambanyije umukobwa ku ngufu nyuma y'igitaramo cy'uyu Bieber (bari kumwe ku ifoto) yaririmbyemo

Iyi Kaminuza yo mu gihugu cya Canada Tariki 30 Kanama w’icyumweru gishize yafashe umwanzuro wo guhindura gahunda yo gufata Sean Kingston akaba ari we ucurangira abanyeshuri bashya b’iyo Kaminuza nyuma yaho ashinjijwe icyo cyaha mu rwego rwo kugaragaza ko iyo Kaminuza idashyigikiye ibikorwa nk’ibi.

Kingston avuga ko yasambanye na Carissa Capeloto babyumvikanyeho ijana ku ijana

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages