00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Rihanna yongeye gutungurana mu myambarire ye

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 6 August 2013 saa 05:10
Yasuwe :

Ubwo yifatanyaga n’abandi banyagihugu b’i Bardados, aho akomoka, bishimira iserukiramuco riba buri mwaka rya Crop Cover Carnival, Rihanna yaje yambaye imyenda yatunguye benshi.
Iyi myenda yegereye gato no kwambara hafi ubusa ni nayo abo bari bari kumwe muri iri serukiramuco bari bambaye.
Yiganjemo utuntu dufata tugahisha imoko z’amabere n’indi myanya y’ibanga. Yiganjemo kandi amababa manini y’umweru.
Rihanna yagaragaye nk’uwishimye cyane ndetse anashyira hanze amafoto amwe yanditseho (…)

Ubwo yifatanyaga n’abandi banyagihugu b’i Bardados, aho akomoka, bishimira iserukiramuco riba buri mwaka rya Crop Cover Carnival, Rihanna yaje yambaye imyenda yatunguye benshi.

Iyi myenda yegereye gato no kwambara hafi ubusa ni nayo abo bari bari kumwe muri iri serukiramuco bari bambaye.

Yiganjemo utuntu dufata tugahisha imoko z’amabere n’indi myanya y’ibanga. Yiganjemo kandi amababa manini y’umweru.

Rihanna yagaragaye nk’uwishimye cyane ndetse anashyira hanze amafoto amwe yanditseho ko akunda iki gihugu cye.

Amwe mu mafoto :

Iyi ni imwe mu mafoto Rihanna yashyize kuri twitter
Rihanna ari kumwe na se mukuru witwa Lionel Brathwaite nawe wari wagaragarije ko yishimye n'agatwenge ku munwa

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages