00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Rihanna mu mashusho asa nk’ay’urukozasoni

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 3 October 2013 saa 09:22
Yasuwe :

Umuhanzi Rihanna w’imyaka 25 y’amavuko yigaragaje bwa mbere mu mashusho y’indirimbo yise “Pour it up” yitwara nk’uri gusambana.
Aya mashusho agaragaza Rihanna nk’utagira icyo atinya, yagarutsweho cyane na byinshi mu bitangazamakuru bikomeye ku Isi.
Amashusho y’iyi ndirimbo yasohotse tariki 2 Ukwakira Rihanna agaragaza ku cyuma yikaraga yitwara ku buryo butandukanye ari mu mazi, bivugwa ko yaba yarengereye mu kwerekana amashusho ari kugereranywa n’ay’urukozasoni.
Kugeza ubu haribazwa (…)

Umuhanzi Rihanna w’imyaka 25 y’amavuko yigaragaje bwa mbere mu mashusho y’indirimbo yise “Pour it up” yitwara nk’uri gusambana.

Aya mashusho agaragaza Rihanna nk’utagira icyo atinya, yagarutsweho cyane na byinshi mu bitangazamakuru bikomeye ku Isi.

Amashusho y’iyi ndirimbo yasohotse tariki 2 Ukwakira Rihanna agaragaza ku cyuma yikaraga yitwara ku buryo butandukanye ari mu mazi, bivugwa ko yaba yarengereye mu kwerekana amashusho ari kugereranywa n’ay’urukozasoni.

Kugeza ubu haribazwa niba abafata amashusho barabikoze kubera gushaka amafaranga gusa cyangwa niba barbikoze nkana.

Rihanna agaragaje imyitwarire yo kwambara ubusa nyuma ya mugenzi we Miley Cyrus wigaragaje yambaye ukuri mu ndirimbo “Wrecking Ball” ari ku cyuma, ndetse no mu bitaramo.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages