00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyina wa Kim Kardashian yasubije Obama

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 15 August 2013 saa 09:55
Yasuwe :

Mu kiganiro Nyina wa Kim Kardashian yabaye nk’usubiza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku magambo aherutse kuvuga anenga ibihora bivugwa kuri Kim Kardashian na Kanye West.
Kris Jenner, umubyeyi wa Kim Kardashian yagize ati “Ubwo Perezida Obama yabazwaga ku bijyanye n’intumbero afitiye Amerika, natangajwe no kumva avuga ku bya Kanye West na Kim, nkaho yavuze ku burezi bwiza, imirimo n’ibindi”.
Ubwo bari kuri televiziyo ya Amazon, Perezida Obama yasubije umunyamakuru mu gihe yari (…)

Mu kiganiro Nyina wa Kim Kardashian yabaye nk’usubiza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku magambo aherutse kuvuga anenga ibihora bivugwa kuri Kim Kardashian na Kanye West.

Kris Jenner, umubyeyi wa Kim Kardashian yagize ati “Ubwo Perezida Obama yabazwaga ku bijyanye n’intumbero afitiye Amerika, natangajwe no kumva avuga ku bya Kanye West na Kim, nkaho yavuze ku burezi bwiza, imirimo n’ibindi”.

Ubwo bari kuri televiziyo ya Amazon, Perezida Obama yasubije umunyamakuru mu gihe yari abajijwe ku bijyanye n’intumbero y’igihugu ayobora we ahitamo kwivugira ibya Kim na West.

Ati “Njye birantangaza iyo bavunga ngo umuntu agiye kugura inzu ya Milimetero 1000, ngo Kanye west yagiye mu kiruko n’ibindi nyamara cyera ibyo bitarabagaho, ntabwo twabaga turebwa no kuvuga ibyo tudafite”.

Urubuga yahoo.fr rwanditse ko yongeyeho ati “ Ibyo avuga ahubwo ntabizi kuko West ntiyigeze avuga ko agiye mu kiruhuko ikindi kandi ni uko Kim naho yavugwa aba yakoze ntasinzira iterambere rye rituruka kuko aba yakoze”.

Kugeza ubu, Perezida Obama ntacyo yarengejeho.

Nyina wa Kim Kardashian agira icyo avuga ku magambo ya Obama:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages