Nyuma yo gutandukana n’umujyanama we, Troy Carter, Lady Gaga ararushaho kugaragaza ko ari umuhanzi uhorana ibitekerezo byinshi by’udushya mu bikorwa bye.
Lady Gaga witegura kwitabira iserukiramuco rya ‘Zero G Colony Festival 2015’ yanyujije kuri twitter ubutumwa bugira buti "Gaga mu kwezi mu 2015".
Urubuga Us Weekly rwatangaje ko aya makuru Gaga, w’imyaka 27, yatangaje ashobora kuba ari ukuri.
Uru rubuga rwanditse ko ubu Gaga ari mu myiteguro ikaze byerekana ko yitegura gukorera igitaramo mu isanzure (espace).



















TANGA IGITEKEREZO