00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Lady Gaga arifuza kuba umuhanzi wa mbere uririmbira mu isanzure

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 7 November 2013 saa 07:49
Yasuwe :

Nyuma yo gutandukana n’umujyanama we, Troy Carter, Lady Gaga ararushaho kugaragaza ko ari umuhanzi uhorana ibitekerezo byinshi by’udushya mu bikorwa bye.
Lady Gaga witegura kwitabira iserukiramuco rya ‘Zero G Colony Festival 2015’ yanyujije kuri twitter ubutumwa bugira buti "Gaga mu kwezi mu 2015".
Urubuga Us Weekly rwatangaje ko aya makuru Gaga, w’imyaka 27, yatangaje ashobora kuba ari ukuri.
Uru rubuga rwanditse ko ubu Gaga ari mu myiteguro ikaze byerekana ko yitegura gukorera (…)

Nyuma yo gutandukana n’umujyanama we, Troy Carter, Lady Gaga ararushaho kugaragaza ko ari umuhanzi uhorana ibitekerezo byinshi by’udushya mu bikorwa bye.

Lady Gaga witegura kwitabira iserukiramuco rya ‘Zero G Colony Festival 2015’ yanyujije kuri twitter ubutumwa bugira buti "Gaga mu kwezi mu 2015".

Urubuga Us Weekly rwatangaje ko aya makuru Gaga, w’imyaka 27, yatangaje ashobora kuba ari ukuri.

Uru rubuga rwanditse ko ubu Gaga ari mu myiteguro ikaze byerekana ko yitegura gukorera igitaramo mu isanzure (espace).

Lady Gaga
Lady Gaga aherutse gukora ibitaramo yambaye hafi ubusa
Mu myambarire ye, mu bikorwa bye, Lady Gaga asanzwe ari umuhanzi w'udushya

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages